Nyuma y’intambara hagati ya Polisi na Mabandi mu mujyi wa Bandundu hagarutse Amahoro.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 21/08/2023, saa 5:21Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Mu mujyi wa Bandundu mu Ntara ya Kwilu, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, haravugwa umutekano mwiza ni nyuma yuko Polisi yarwanyije amabandi ikoresheje imbunda. Guhangana hagati ya Polisi na Mabandi bikaba byaratangiye kubaho mu minsi yavuba nubu birakomeje.
N’igikorwa cyari gishigikiwe na Guverineri w’Intara ya Kwilu ndetse na Guverinoma ya Kinshasa. Mu makuru Minembwe Capital News imaze kwakira nuko Amabandi arenga i Cyumi yamaze gutwabwa muriyombi, kurubu bafungiwe kuri Station ya Polisi mu mujyi wa Bandundu.
Aho binemezwa na Polisi ko no kuruyu wa Gatandatu, umu Bandi witwa Erick yafashwe nabaturage mwijoro nyuma yaho aza gushikirizwa Polisi.
Iki gikorwa kikaba kije gushimangira imikoranire myiza irihagati ya polisi na baturage baturiye umujyi wa Bandundu, gusa bikemezwa ko ibi byokurwanya Amabandi byatangiye igihe mu Ntara ya Kwilu bahatumye General Angel Kazongo.
Uyu mu Gen nawe ubwe avugana n’itangaza makuru yavuze ko ayo Mabandi yaramaze kwangiriza ibintu byinshi byabaturage ndetse yongeraho ko Polisi imaze gushiraho imbaraga muguhasha ibyo byihebe bya Mabandi biyobowe na FERRE.
Gen Kazonga, yanatangarije itangaza makuru ko igihe haba ga imyuzure ivuye kuruzi runini ruhuza Intara ya Kwilu n’izindi Ntara, nka Kasai, na Kwango ko murico gihe ayo Mabandi yasahuye ibintu byinshi bya baturage ahanini mu mujyi wa Bandundu.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.