Gen Major Ilondo Efondo, yagejejwe imbere y’ubutungane nimugihe aregwa kunyuruza imitungo ya gisirikare.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 02/08/2023, saa 2:55pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Umusirikare wo mungabo za FARDC ufite ipeti rya General, kuruyu wa Gatatu, yagejejwe imbere y’ubutungane. Bwana Gen Major Ilondo Efondo Hugo, yahoze ayobora ingabo zomuri 14ème brigade, uyu musirikare akurikiranweho, icaha cyo kunyereza imodoka yo mu bwoko bwa K-RAZ yomuri brigade ya 17, ni brigade ifite icyicaro mu Ntara ya Congo Central .
Umucamanza ukuriye urukiko rwa gisirikare yagize ati “Wewe General Major Ilondo Efondo Hugo wahoze ayobora brigade ya 14 mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ufatanije na Colonel Kimpembi Ndongala, Capt. Mwenyemali, Capt. Pakulu Anda Jean ndetse na Adjudant Mbula Saïdi, kuba mwaranyereje imodoka ya gisirikare yo mu bwoko bwa K-RAZ yomuri brigade ya 17, mwayibye mu mwaka wa 2022, ngo itware ibicuruzwa by’umuyobozi runaka ku muhanda wa Kinshasa, Kamba, Kinzau, mu ntara ya Kongo Central.”
Umucamanza yakomeje agaragaza ko iyi modoka yanagonze izindi modoka ebyiri, bityo hapfa abantu benshi ndetse n’abandi barakomereka ku muhanda w’igihugu numero ya mbere homuri Komine ya Mfuma-Mfuma.
Urukiko rwashakaga kumenya niba hari abatangabuhamya, rwasanze abagizwe ingaruka n’impanuka ari ababuranyi. Rwahise rero rwimurira iburanisha ku wa Mbere, itariki ya07/08/2023, kugirango abanyamategeko bashobore kubanza kwiga amadosiye yaba banyacaha.
Iyi ninkuru Minembwe Capital News, ikesha ikinyamakuru cya Politico.CD.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.