Umugaba mukuru w’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Gen Christian Chiwewe yatanze umuburo Kubasirikare bagambanira leta ya Kinshasa.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 16.06.2023, saa 8:35pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Gen Christian Chiwewe, umuyobozi mukuru w’ingabo za FARDC muri Republika ya Demokarasi ya Congo, yaburiye bamwe mu bayobozi b’ingabo za FARDC abo yise ko bagambanira Igihugu cyabo avuga ko ari “Abahemu.”
Ubwo yarimo atanga iki Kiganiro yasezeranije Ingabo ze ko hagiye kuba gahunda yo gukuraho inzira mbi yabagambanyi bose bari mu ngabo z’igihugu, cya Republika ya Demokarasi ya Congo.
Gen Christian Chiwewe, yanatanze Inama avuga ko Ingabo z’igihugu zifite inshingano imwe rukumbi, ni ukurinda abasivili n’ibyabo nokurinda ubusugire bw’igihugu.
Ibi yabivuze mugihe intambara isa niyubuye Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, aho amezi yaramaze kuba atatu ntamirwano ihari hagati ya M23 ningabo za FARDC.
Kumunsi W’ejo hashize tariki 15.06.2023, hakaba harongeye kubura Imirwano yasakiranije umutwe wa M23 nimitwe yitwaje imbunda ishigikiwe na leta ya Kinshasa, Wazalendo na FDLR. N’intambara yabereye mubice bya Masisi aho binavugwako M23 yamaze nokwigarurira ibice bigera kuri bine birimo Kahira,Kibarizo, Butare na Buhimba.
Mumakuru dukesha itangaza makuru rya Congo nuko leta ya Kinshasa yoba yamaze kwitegura urugamba rukomeye bikanavugwa ko mugihe M23 itaba maso byazayikomerana ngo kuko igisirikare cya FARDC, gikomeje gutegura ibitero bikomeye.
Uburyo itegura ngo bisa “nk’umutetsi urundanya ibirungo byo kwifashisha mu gihe cyo gukaranga.”
Inzira y’ibiganiro yarananiranye, ikigiye gukurikiraho ni intambara karundura, kandi uzayitsinda ni uwiteguye neza mu buryo bwose.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.