Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 25/06/2023, saa 7:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
I Nyagenzi ho muntara ya Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, harimo gutegurwa igiterane cya Emmanuel Ministries, kigamije kuzafasha abana b’Ipfubyi nabagore bab’Apfakazi baturiye ako gace ka Nyangezi ndetse hakazafashwa nabayoboke biyi ministries.
Iki giterane kizatangira tariki 30/06/2023 kirangire tariki 02/07/2023. Ni igiterane cyateguwe n’ishirahamwe rya Emmanuel, rifite icicaro gikuru muri leta Zunze Ubumwe Z’Amerika. Iki giterane byateguwe ko kizabera mwitorero rya Agape church. Itorero riyobowe n’Umushumba Fulilizo.
Ubwo Minembwe Capital News, yahabwaga ayamakuru y’iki giterane umunyamabanga mukuru w’iyi Ministries bwana Isaac, yatubwiye ko buri m’Upfakazi, utuye Nyangenzi agenewe kuzahabwa umufuka w’ifu ni Gitenge naho abana b’Ipfubyi bazahabwa inkunga ingana n’idolari ijana(100) za Amerika. Yanavuze ko hazafashwa nabantu batishoboye ndetse ngo hakaba hari namafaranga agenewe gufasha abantu ba Minembwe, babarizwa mwiyi ministries ayamafaranga akazahabwa visi represent wiyi Ministries ya Emmanuel, utuye mu Minembwe akaba ariwe uzamenya abo agenera bivanye nabantu abona batishoboye.
Ishirahamwe rya Emmanuel, nishirahamwe rifite abayoboke mubihugu byinshi kw’Isi. Represent wayo mukuru yitwa John Ntakanyura, utuye muri leta Zunze Ubumwe Z’Amerika. Akaba arinawe mushitsi mukuru uzaba ari murico giterane ndetse na Pasteur John Mapirima.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.