Dr Denis Mukwege, yagejejeho abakongomani ijambo kuri uyu wa Mbere, tariki 02/10/2023, aho yababwiye ati: “Nta Zahabu nfite yo kubaha kandi ntan’amafaranga ndetse n’Imipira yokubaha, yewe n’isapo ntazonfite ariko ico nfite n’ibitekerezo byanje n’ubunararibonye n’urukundo nfitiye Abakongomani, ati nkunda n’igihugu canjye. Rero ndabibahaye kugirango duhagurukane twese tugendane kugirango twongere twubake igihugu cacu ndetse nogushaka ejo heza ha Republika ya Demokarasi ya Congo (RDC).”
Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko Denis Mukwege yatangaje ko aziyamamariza gutegeka Republika ya Demokarasi ya Congo.
Ubwo yarimo aganira naba Banye-kongo yagaragaye anenga leta ya Tshisekedi, avuga ko bimwe mu bibazo “bitigeze bibaho mbere…umutekano muke, inzara, ubukene, indwara…” aba Kongomani barimo kunyuramo biterwa na “leta idashoboye, ititaye ku bibazo by’igihugu”
Dr Denis Mukwege, y’unzemo ko ataricubahiro ashaka kirihejuru ko ahubwo ibimuteye kw’iyamamariza uyu mwanya ko ari ukugira ngo akure igihugu ce mugisuzuguriro.
Dr Mukwege, akaba yashimangiye ko igisubizo kuribyo bi bazo byose ko abakongomani tugomba gushora imbaraga m’ukurwanya ubucakara ndetse noguhindura uburyo bwiza kugirango ubutabera buhabwe umwanya.
Yanaboneye ho n’umwanya woguhamagarira amashirahamwe kwabashaka ko haricohinduka muri RDC bomuba hafi kugira ngo bazamutore.
Dr Mukwege n’ubundi yarangije abwira abakongomani ko kwishirahamwe kwabo bishobora kugiribyo bahindura ndetse bigahindura n’amateka.
Biteganijwe ko kuri uyu wa kabiri(03/10/2023), Dr Mukwege ashikiriza n’akanama gashizwe amatora kandidatire yiwe.
Tubibutseko uyu mugabo Dr mukwege yaragize igihe asabishwa nama sosiyete sivile atandukanye kuba yakwiyamamariza kuyobora igihugu ndetse hakaba harinandi mashirahamwe ya politike yamaze gutangira ku mwamamaza nka ACRN nandi.
Menya Dr Denis Mukwege.
Mukwege akiri muto yagiye kwiga ubuvuzi i Bujumbura, arangije agaruka iwabo gukorera muri Hopital General de Lemera muri teritwari ya Uvira nyuma abona amahirwe ya ‘bourse’ yo kunononsora amasomo y’ubuvuzi bw’indwara z’abagore i Angers mu Bufaransa.
Abamushima bavuga ko byashobokaga ko aguma Iburayi agakomeza gukorerayo nk’umuganga, ariko ko yahisemo kugaruka iwabo kuvura abo mu gihugu cye nka muganga mukuru ku bitaro bya Lemera.
Mu 1996, imirwano igeze muri Uvira mu ntambara yakuyeho uwari Perezida Mubutu Sese Seko (mu 1997), Dr Mukwege yarahunze, kuri ibi bitaro habaye iciswe “Ubwicanyi bwa Lemera.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.