Umusirikare mungabo za FARDC uramutswa 12ème brigade ifite icicaro Muminembwe yasabye abaturage ba Minembwe kurambika intwaro hasi bakareka leta igakora akazi kayo.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 09.04.2023, saa 2:17PM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, nuko kuruyu wamungu ubwo basoza ga Pasika Kukiziba ca Minembwe mwitorero rya Methodist Libre, Col Alexis Rugabisha, uramutswa 12ème brigade ireba imisozi miremire y’Imulenge yahawe ijambo aravuga ngo:
“Leta ya Republika ya democrasi ya Congo (RDC), yatanze amahoro kubantu bose baturiye Imulenge nahandi, ariko rero kugirango ayo mahoro tuyagereho nuko umuntu wese ufite ikigwanisho yiyunga na leta ya Kinshasa.”
Col Alexis Rugabisha, yageze mukarere ka Minembwe nyuma yuko Brigadier general Andre Ohenzo, yarahavuye nimugihe Alexis Rugabisha yaramaze igihe atari mukarere ka Minembwe aho bivugwa ko yari Mukiruhuko.
Amahoro yagarutse Muminembwe mugihe Gen Andre Oketi Ohenzo, yaramaze kuhagera akihagera yabwiye abaturage ko abazaniye amahoro mumisozi miremire y’Imulenge.
Akarere k’imisozi miremire y’Imulenge karikamazemo igihe kingana nimyaka irenga 7 karimo intambara zurudaca hagati yabaturage b’irwanaho n’Ingabo za FARDC ziyobowe na Col Alexis Rugabisha.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Nabanze aje mururenge abwire mai mai irambike intwaro bagarure ninkabanyaze.
Thanks for sharing this with us.
Ese nukuberiki abasirikare babanyamurenge bose batemerewe kumukibari , nokuva muri territoire imwe ngobaje muyindi ariko Rugabisha iwe akabyemererwa ?
Ayo mahoro arikuvuga ntayo yahasanze ? Kuki itabaza impamvu intambara zaduka iyo yageze Minembwe ariko yahava abantu bakabona amahoro ! Nagende amenye neza yuko iwe nashebuja aribo baraza abanyamurenge ibibazo .kd ntatuvugishe menshi turacari mukiriyo cy’intwari Col. Muheto kuko ibyurupfurwiwe bitarasobanuka . Ndoreyuko bimeze nkibya gen Opio , Runyagisha amenye yuko arikuvugutirwa umuti.
Hhhhhh mwaravumwe nukuberiki abantu bagirira col rugabisha ishari ibindimwavuze mwabeshe