Bidasanzwe Président Félix Antoine Tshisekedi, wa Republika iharanira democrasi ya Congo, yisubiyeho kumugambo yavuze ubwo yasuraga intara ya Ituri mumwaka wa 2021.
Namakuru ageze kuri Minembwe Capital News, none tariki 17.03.2023 na Saa 10:17, tukaba tuyakesha RFI.
Mukiganiro Président Félix Antoine Tshisekedi, aheruka kugirana nabahagarariye intara ya Grande Orientale (Haut-Uele, Bas-Uele, Ituri na Tshopo), tariki 15.03.2023, iki kiganiro cavuga ga kumutekano wo muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo cane muntara ya Kivu Yaruguru na Ituri, aha Tshisekedi yasobanuye ko ibihe bidasanzwe Kivu Yaruguru na Ituri bimaze mo imyaka irenga itatu atariwe wabitekerejeho bwambere .
Byagaragara ga ko Tshisekedi yariyizeye neza ko gushiraho abayobozi babasirikare kuba ba Governors bari guhita bagarura umutekano mwiza murizintara.
Kuba ntacizere akibifitiye biri mubyatumye Lt Gen Ndima Constant asubizwa inshingano ze zo kuyobora ibikorwa by’igisirikare muntara ya Kivu Yaruguru.
Igihe abitangaje ko izintara zibiri zinjiye mubihe bidasanzwe hari tariki 06.05.2021, ashiraho abayobozi bagisirikare batsimbura byagateganyo abagisivile.
Lt Gen Ndima Constant, yagizwe Governor w’intara Ya Kivu Yaruguru naho Lt Gen Luboya Nkashama agigwa Governor w’intara ya Ituri.
Andi Makuru agera kuri Minembwe Capital News, ikesha bamwe mungabo za Fardc nuko bahawe itegeko na Gen uyoboye intara ya Kivu Yaruguru ngonti bakongere kwita Mai Mai izina rya Maimai bakaba bahinduriwe irindi zina ngo “Réserviste.” Ikindi nuko bagiye kubakorera contrôle bamenye umubari wabo neza ibi akaba aritegeko rya President Félix Tshisekedi.
Igihe Gen Ndima, yabisobanuraga yagize ati : “Hariho article ibivuga kwabaturage bemerewe kwigwanirira nokugwanirira igihugu cyabo avuga ko biri muri article ya 63 na 163.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Noneho dukurikijd iyi article y’a 63 na 163 twirwaneho iremewe