Amnesty International, yatangaje ko igiye gukora Iperereza muri Kishishe ho muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo (RDC).
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 17.04.2023, 6:45 AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News dukesha Radio Okapi, avuga ko ingabo za EACRF zatangaje ko Abarwanyi b’Inyeshamba za M23 bavuye mugace ka Kishishe.
Ibi byokuva kwingabo za M23 mugace ka Kishishe gaherereye muri Teritware ya Rutshuru umuryango mpuzamahanga wa Amnesty International watangaje ko wishimiye ko M23 yavuye murako gace bakaba bagiye gukora Iperereza kubwicanyi buvugwa bwakozwe murako gace mumwaka ushize, wa 2022.
Ahagana mumpera z’umwaka ushize tariki 28 na 29.11. 2022, muri Kishishe ho muri Groupement ya Bambu muri Teritware ya Rutshuru habereyemo Urugamba rwahuje M23 nihuriro rya basirikare ba leta ya Kinshasa, bivugwa ko muri Ururugamba rwari rugwiriyemo inyeshamba zomumutwe wa Mai Mai kuruhande rwa FARDC arinaco gituma bivugwa ko habaye Ubwicanyi dore ko Mai Mai irwana yambaye igisivile.
Gusa muricogihe umuvugizi w’igisirikare ca FARDC bwana Gen Major Sylvain Ekenge yasohoye itangazo tariki 01.12.2023, avuga ko muri akogace kohishwe abasivile bagera kuri 50avuga ko bishwe n’inyeshamba zomumutwe wa M23.
Leta ya Kinshasa yaje kunga ibyavuzwe na Gen Major Sylvain Ekenge, gusa yo ivuga ko abapfuye barenga ijana (100). Président Félix Antoine Tshisekedi tariki 03.12.2022, yemeje atangaje ko mugihugu hose bakora icunama cyiminsi itatu murico cunamo bamanura amabendera bongera kuvuga ko abishwe ari 300.
Ahagana mumwaka wa 2023 mukwezi kwayo kwambere tariki 10 , haje kuza itsinda ririmo abanyamategeko nab’anyamakuru baja mugace ka Kishishe, bagezeyo baganira nabahatuye basanga ibivugwa n’a Leta ya Kinshasa bihabanye nibyo biboneye.
Bagize bati : “Ntanzu yatwitswe, ntamugore wafashwe kungufu ntanumwana washimuswe hubwo abishwe twasanze arabo muri benewabo nabarwanyi bumutwe wa M23. Abishwe nabavuga ururimi rw’Ikinyarwanda, kandi abishwe dusanga arabantu bari kumubare wa 19.”
Murico gihe nabaturage benshi baturiye akarere ka Kishishe batanze ubuhamya bavuga ko Mai Mai iri kuruhande rwa FARDC ariyo yishe abantu bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.