Justin Bitakwira Bihona, wahoze ari minisitiri w’iterambere, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yahamagajwe n’u butabera i Kinshasa, kuja kwisobanura ku magambo akumeje gukoresha y’uzuye ubugome n’urwango rushingiye ku moko.
N’inyuma ya magambo yavuze ku Cyumweru tariki 24/12/2023, ubwo yari yateranye mw’itorero rya 8’eme CEPAC, riherereye Uvira, muri Kivu y’Epfo.
Nk’uko bya vuzwe Bitakwira, amaze guhabwa ijambo kuri uwo munsi y’ibasiriye cyane Abanyamulenge n’abo mu bwoko bw’Abashi.
“Abanyamulenge, ni ubwoko bubi kandi bw’asatani. Ni inzoka, inzoka iyo ikwinjiranye munzu, wewe utayishe yo irakwica.”
Aha niho yanavuze ko Abanyamulenge ar’inshuti za bo mu bwoko bw’Abashi.
Ati: “Abashi ntibagomba kwizerwa bagirana u mubano mwiza n’inzoka.”
Bitakwira, yasoje y’ibasiriye na perezida wa Republika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, aho yagize ati: “Kimweho icyo no babwira Tshisekedi, akija ku ngoma[Ubutegetsi], yari mu buyobe, iyo ataza ku numvira kuri ubu Abanyamulenge baba baramuriye. Naramubwiye ngo Abanyamulenge nu komeza ku biyigereza bazakotsa bakurye.”
Yasoje avuga ati: “Namwe mura bibona ko perezida Félix Tshisekedi, ya nunviye! Ari nabyo mu bona ko akomeje kwakira Maï Maï, ubu nibo bari kwiberi rya perezida Félix Tshisekedi.”
Ibi biri mu bya tumye Justin Bitakwira Bihona, ahamagazwa i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’igihugu ca RDC, aho yahamagajwe na minisiteri ishinzwe ubutabera muri leta ya Kinshasa.
Amakuru yizewe Minembwe Capital News, ikesha bamwe bakora munzego za leta, bahamije ko Bitakwira, y’urijwe indege ava muri Kivu y’Amajy’epfo, huti huti aja Kinshasa, muntangiriro z’iki Cyumweru turimo. Akaba arindiriye ko azafungwa cyangwa ibyo ashinjwa bigateshwa agaciro.
Bitakwira, aheruka kwitaba Urukiko azira amagambo y’urwango ahagana mu kwezi kwa Karindwi (7), uyu mwaka w’2023.
Mu rwandiko prokilele (Procureur), Mukuru w’igihugu ca RDC, yanditse kuri uyu wa Gatatu, tariki 27/12/2023, yakanguriye aba Polisi bakuru bakora mu butabera no mu rwego rw’umutekano, kutagira ibikorwa bitabira ahanini bigamije amacyakubiri ashingiye ku moko.
Mw’itangazo yashize hanze, ririmo ibi: “Mwirinde ibikorwa byose bigamije kuzana urwango n’u mutekano muke mu gihugu. Ahanini Mwirinde urwango rushingiye no ku moko.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.