U Mujyi wa Kitchanga, uherereye muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, waraye mu Maboko ya M23, n’inyuma y’imirwano ikaze yahuje uyu mutwe wa M23 n’ihuriro ry’imitwe ifasha Ingabo za FARDC kurwanya uyu mutwe wa M23.
Mu makuru tumaze kwakira kuri Minembwe Capital News, yizewe n’uko uyu Mujyi wa Kitchanga, uri mubirometre 80 n’u Mujyi wa Goma, M23 bawambuye izi Ngabo za FARDC, FDLR na Nyatura ndetse na Wagner ahagana mu masaha y’Umugoroba w’ejo hashize tariki 15/10/2023. Gusa ngwaha habereye intambara ikomeye aho byanagaragaye ko umuyobozi Mukuru wa M23 y’umvikanye y’igamba guha isomo ihuriro ryiyi mitwe n’ingabo za RDC, muri Bwiza,kuwitabi no mu Kizimba, biri muri Groupement ya Tongo.
Bisimwa yagize ati: “Tuributsa Tshisekedi ku neza, mu gufata ingamba z’isomo umutwe wa ARC/M23 wahaye abarwanyi be, FARDC/FDLR/Mai-mai/Abacanshuro muri iki gitondo ahitwa Bwiza. Ubu bakwiye kumva ko nta gisubizo cya gisirikare mu kibazo gihari.”
Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa kuri X yahoze ari Twitter, yavuze ko Perezida Félix Tshisekedi wa RDC akwiye kubitekerezaho akemera imishikirano.
Bertrand Bisimwa mbere yari yatangaje ko ingabo za Leta ya Congo, FARDC/FDLR nyuma y’uko ku wa Gatandatu zinaniwe kugaba igitero, kuri iki Cyumweru zongeye gutera Bwiza zikarasa ku baturage bahunze imirwano bakajya mu bice bigenzurwa na M23.
Yavuze ko icyo gikorwa kigamije kwica no gusahura abaturage kidakwiye kwihanganirwa.
Bisimwa yavuze ko umutwe wa M23 (Armée Révolutionnaire Congolaise/ ARC) wahawe itegeko ryanditse ryo kurinda abasivile n’imitungo yabo.
Kitchanga, imaze gufatwa na M23 inshuro zitatu (3) Mugihe ca mezi 12 muri uyu mwaka wa 2023.
Kuri uyu wa Mbere tariki 16/10/2023, muri Kitchanga ngo hongeye kugaruka ituze nyuma y’uko aka gace kari mu maboko ya M23.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.