K’u munsi w’ejo hashize, tariki 27/12/2023, i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, habaye imyigaragambyo idasanzwe, yari igamije kwa magana ibirimo kuva mu matora, Amatora yiswe y’a magendu.
N’imyigaragambyo yahagaritswe n’inzego zishinzwe umutekano, aho bya navuzwe ko mu kuyihagarika hakoreshejwe imbaraga z’abapolisi, bakaba bara koresheje ibisasu birasa iby’uka biryana mu maso.
Abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege, n’abandi bakandida 3, bari mubari bateguye imyigaragambyo simusiga. Gusa iy’i myigaragabyo yakozwe akanya gato y’ikomwa imbere n’inzego zishinzwe kurinda u mutekano w’igihugu.
Umupolisi mukuru ushinzwe umutekano w’u Mujyi wa Kinshasa, yatangaje ko abapolisi be, ba biri bakomerekeye muriyo myigaragambyo.
Ati: “Ba biri mubapolisi bacu, bakomerekeye mu myigaragabyo. Abigaragambya ga bakoresheje gutera amabuye abapolisi.”
Yakomeje ati: “Mu bigaragabyaga byibuze umwe ashobora kuba yakomeretse!”
Naho Martin Fayulu, wari mu bateguye imyigaragambyo, yatangaje ko abaturage benshi bataramenyekana umubare bakomerekeye muriyo myigaragambyo, bakomerekejwe n’apolisi.
Yagize ati: “Abantu benshi bakomerekejwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa. Gusa ntituzigera twemera ibiri kuva mu matora!! Ntabwo nzemera nk’uko byangendekeye mu matora y’u mwaka w’2018. Oya.”
Bwana Moïse Katumbi, nawe ari mu bafashe iyambere yamagana ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa koresheje imbaraga z’umurengera mu guhagarika iriya myigaragabyo.
Ati: “Namaganye n’ivuye inyuma igikorwa cyagaragajwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, kuba bakoresheje i mbaraga zidasanzwe mu guhagarika imyigaragambyo. Ndabizi neza ko Kinshasa, yari mu mugambi wo kwica umuvandimwe Martin Fayulu.”
Imyigaragambyo y’ejo yatangiriye ku biro bikuru by’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, ku biro bya ECIDE, ya Martin Fayulu.
Tubibutsa ko Amatora yabaye tariki ya 20/12/2023, abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje kwamagana ibikomeje kuva mu matora aho ndetse n’amashirahamwe atandukanye yafashe iyambere mu kwa magana Kadima Denis, n’ubutegetsi, aho bavuga ko habaye uburiganya muri ay’Amatora.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.