Aka kanya kuri Stade ya Afia, iherereye i Goma, k’u murwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Abanyeshuri biga za Kaminuza no ku Mashuli y’isumbuye bagiye gutega kandida k’umwanya w’umukuru w’igihugu, ca RDC nimero 20.
Biteganijweko ko perezida Félix Tshisekedi, agera i Goma mu masaha make yo kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 10/12/2023, muri Gahunda yo kw’iyamamariza uriya mwanya w’umukuru w’igihugu, mu matora ateganijwe kuba mu mpera z’u kwezi kwa Cumi n’abiri(12), uyu mwaka w’2023.
Umwe muri abo banyeshuri ba Banyamulenge, yabwiye itangaza Makuru ko biteguye kwakira perezida Félix Tshisekedi ko kandi biteguye no kuza mutora muri ariya Matora asigaje iminsi icumi akaba.
Bariya banyeshuri mu majwi y’umvikana muri video ibagaragaza bari kuri Stade ya Afia, barimo bavuga bati: “Icyo dushaka ni amahoro naho ibindi by’u mutekano muke biraturambiye.”
Aba banyeshuri ubona mu maso basa nabakeye bafite n’ibiranga ntego bya Tshisekedi aho ndetse n’udupila bambaye twanditse ho amazina ya Félix Tshisekedi.
Kandinda nimero ya 20, Félix Tshisekedi y’iteguwe i Goma, mugihe ibice byahariya birimo i Ntambara ikaze n’intambara ikomeje gukoza leta ya Kinshasa isoni nimugihe ikomeje gutsindwa n’Inyeshamba za M23 aho kandi Ingabo z’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, zifatikanya n’imitwe y’itwaje imbunda ishinjwa ubwicanyi nu bujura, nka FDLR, Wazalendo n’Imbonera kure z’u Burundi.
Tshisekedi kandi aje mugihe i santire y’ingenzi ya Mushaki,yo muri teritware ya Masisi, iheruka kuberamo imirwano ikaze isiga ingabo za M23 zigaruriye aka gace n’inkengero zako.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.