Abantu bari bakubise buzuye mu Mujyi wa Kisangani, mu Ntara ya Tshpo, ni mugihe bari baje kwa kira Moïse Katumbi ubwo yaraje kw’iyamamaza k’umwanya w’umukuru w’igihugu.
Kuri uyu wa Mbere, tariki 20/11/2023, nibwo Moïse Kantumbi Chapwe, yatangiye kw’iyamamaza k’umwanya w’umukuru w’igihugu akaba yatangiriye mu Mujyi wa kisangani ho mu Ntara ya Tshopo.
Igihe Moïse katumbi yageraga ku kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Bangoka, yari mu ndege ye bwite yo m’ubwoko bwa T7-JSA yakiranwe ibyishimo birenze ni mugihe wa bonaga abaje ku mwakira bakubise buzuye ndetse amayira yose n’ibibuga ba byuzuye.
Nk’uko iy’inkuru tuyikesha Radio RFI, yatangaje ko ntagukeka ko abaturage baturiye i Ntara ya Tshopo barinyuma y’ishyaka rya Ansemble Pour La République, rya Moïse Kantumbi.
Ibi byishimo byabari baje kwakira Moïse Katumbi, ku kibuga cy’indege byaje gukomereza mu Mujyi rwagati ahitwa kuri Posted. Byavuzwe ko aha hari umubare wa bantu benshi wari umurindiriye ku girango bunve icyo ashaka kubagezaho.
Mw’ijambo yagejeje ku baturage baraho yavuzeko ubuyobozi buriho muri Congo bu yobowe na Félix Tshisekedi bwasezeranije abaturage ibintu byinshi mbere y’uko aba perezida w’igihugu. Katumbi Moïse, ahamya ko mubyo Tshisekedi Yasezeranije abanyekongo byose ahamya ko bitigeze bigerwaho.
Nibwo yahise abwira abaturage baturiye i Ntara ya Tshopo ko mugihe bo mutora agatsinda ay’amatora muricyogihe ngo Congo n’abayituriye bozobona impinduka zidasanzwe.
Aha yagarutse no kubibazo byubusumbane ku bijanye n’imishahara y’abakozi aho yavuzeko iwe n’umugorewe bazagabanya imishahara kugira ngo ifashe aba kongomani.
Katumbi kandi yasezeranije bariya baturage bo mu Ntara ya Tshopo ko mugihe bo mutora yazogeraheza kunga abanyekongo bose bakaba u Muntu umwe.
Tu bibutseko mubyo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, bari biyemeje byokugira u mukandida umwe bitaje gukunda hubwo ko hari abashigikiye Katumbi muri bariya aribo Matata Ponyo na Delly Sesanga nahabandi bo barakomeje, bwana Martin Fayulu na Dr Dénis Mukwege.
Kuribi bijanye n’amatora u muryango w’u bumwe bw’Uburayi, wohereje itsinda ry’abantu 13 bazabasha gukurikirana ibi bijanye no kw’iyamamaza.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.