Ku gitutu cya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ingabo zambere z’Ingabo za Kenya ziri m’u butumwa bw’amahoro mu Burasirazuba bwa RDC k’urwego rwa EAC baratangira kuva i Goma berekeza i Nairobi mu gihugu ca Kenya kuriki Cyumweru.
Nk’uko ibinyamakuru bya RDC byatangiye kuvuga iy’inkuru n’uko ziriya Ngabo za EACRF zishinjwa n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi kuba barananiwe kubahiriza inshingano zabo ntibarwanya u mutwe wa M23, kuri ubwo abasirikare ba mbere barava k’u butaka bwa RDC kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 03/12/2023, berekeza i Nairobi muri Kenya.
Byavuzwe ko iz’Ingabo kuri uyu wa Gatanu, tariki 01/12/2023, bavanye abasirikare babo bari mu bice bya Kanaba homuri Grupema ya Tongo, teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru abandi n’abo bari mubice bya Grupema ya Kibumba kuri uyu wo ku wa Gatandatu, dusoje Ingabo za EACRF zikomoka muri Kenya, bagaragaye bazinga ibyabo mu buryo bwo kwitegura, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga.
Gusa umugaba Mukuru w’ingabo za EACRF yaheruka gusura Ingabo z’uyu muryango ziva mu Burundi ziri i Mubambiro, aho yahise abakomeza abasaba gukora inshingano zabo.
Gen Francis Ogolla, kuri uyu wo ku wa Gatandatu, tariki 02/12/2023, yashimiye ingabo zose z’uyu muryango wa EAC ziri mu Burasirazuba bwa RDC kuba zarageze kuntambwe ishimishije kubijanye no kubungabunga amahoro mu Burasirazuba bw’iki gihugu ca RDC.
Ingabo za EACRF ziri m’ubutumwa bw’amahoro hariya mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nka bakomoka Kenya bari bahamaze igihe kingana n’umwaka umwe.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.