Abakozi ba Ebenezer Ministries, bahushijwe kw’icwa nigitero kiyobowe nuwahoze ari Minisitiri Muntara ya Kivu yamajyepho Bitakwira Bihona, bibereye ahitwa Imulenge ho muri Teritware ya Uvira muntara ya Kivu yamajyepho.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 06.04.2023, nasaa 5:35PM kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru Minembwe Capital News, dukesha abaturiye Imisozi miremire y’Imulenge ahagana mugace ka Gahororo, babwiye Minembwe Capital News, ko insoresore ziva mubwoko bwa b’Apfurero ziyobowe nuwahoze ari Minisitiri Muntara ya Kivu yamajyepho bwana Bitakwira Bihona, ko bahushije kwica abakozi ba Ebenezer Ministries, berekeza ga mumisozi ya Gahororo.
Ibi bikaba byabereye mugace ka Mulenge gaherereye muri Teritware ya Uvira muntara ya Kivu yamajyepho mugihugu ca Republika ya democrasi ya Congo (RDC).
Uwatanze ayamakuru yagize ati : “Abakozi ba Ebenezer, barahushijwe kwichwa aho bita Imurenge, hafi n’Iremera iki gitero cyarimo insoresore zihagarariwe na Bitakwira Bihona, bari bitwaje imipanga nimbunda bagendaga bavuga ko Tutsi akwiye kw’icwa.”
Yakomeje avuga ko ibi byabaye ahagana mumasaha ya saamunani nigice kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Gusa Imana yakinze bararusimbuka.
Sibwobwambere abakozi ba Ebenezer Ministries, bagira izingorane kuko mumyaka yashize abakozi ba Ebenezer Ministries, biciwe muri Teritware ya Fizi ubwo bavaga i Buvira berekeza Muminembwe babica bababwirako arab’Atutsi, icogihe abo bakozi ba Ebenezer Ministries, baribagiye mubikorwa byakazi mumisozi miremire y’Imulenge mugace ka Minembwe kari muri Teritware ya Fizi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Imana ishimwe ko yabarinze Abo bagizi ba nabi .
Kandi bakurikiranywe
Imana yakoze imirimo mwiza wokubarinda turayishimiye.