Yateguwe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 29.05.2023, saa 8:45am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Murikigihe haragahengwe kamahoro mu misozi miremire y’Imulenge, abari barahunze intamabara za Mai Mai Bishambuke, abenshi bakomeje gusubira mubyabo mubice biri munkengero za Komine Minembwe, nkuko umukuru wasosete Sivile Ruvuzangoma Saint Cadet, womuri ako gace yabibwiye Minembwe Capital News.
Gusa yavuze ko Abaturage baheruka guhunguka bava muri Minembwe, bataha mu Kalingi, ko badafite amazu ahagije.
Yagize ati : “Amazu menshi yasenywe n’a Mai Mai mugihe bagaba ga ibitero muriyo Mihana, ariko amazu yamabati aracahahaze gusa nimake ayaniyo abaturage barimo abasanze amazu yabo yarasenyutse nibo basembereye mu Makanisa.”
Uyu Mukuru wa Soseyete Sivile Bwana Ruvuzangoma Saint Cadet, yanemeje ko yasuye aba baheruka guhunguka akaba yaranabanye nabo mugiterane cya Pentecôte aho yagize ati : “Ejo navuye Mukalingi kumukutano bwije cane, nasanze nabo bakeneye ubufasha, ntamazu ahari ahagije, abantu baraye mwikanisa, igitaramo carigishushe, umutekano warumeze neza.”
Nubwo abahungutse badafite ibikwiye ariko bakoze umukutano mwitorero rya 8ème Cepac Kalingi, maze bahimbaza Imana ikomeje kubarinda nkuko byemejwe nuhagarariye Sosiyete Sivile muri Minembwe homuri Teritware ya Fizi, muntara ya Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.
Ikindi bwana Ruvuzangoma Saint Cadet, yemeje yavuze ko kurinone abaturage ba Minembwe bafite umutekano uhagaze neza nimugihe yavuze ko 8ème Cepac ya Minembwe yakoreye umukutano ahitwa Kumonyi aha akaba ari mumajy’Epfo ya Komine Minembwe ahagana mu Rulenge.
Tubibutsa ko Brigadier General André Oketi Ohenzo, ko ariwe musirikare mukuru uyoboye ingabo zo muri 12ème brigade akaba ari umwe mubasirikare bagerageje gushakira umutekano namahoro abaturage ba Minembwe, dore ko yageze muri aka gace ahagana mukwezi kwa 2/2023, asanga haheruka kuba intambara hagati ya Baturage b’Irwanaho n’ingabo za leta, tariki 29.12.2022.
Gen André Ohenzo Oketi, amaze kugera mumisozi miremire y’Imulenge, yabwiye abaturage amahoro kandi abasezeranya ko azabana nabo neza nokurinda umutekano wabo nibyabo. Kurubu mugihe amarondo yahoraga mumihana hafi ariko ubu nko mu Kalingi amarondo yigiye imbere muri Mutunda.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.