Abagize Itsinda ryabasirikare bagenzura imipaka(EJVM), y’ibihugu bashikirije leta ya Kinshasa imirambo ibiri yabasirikare babo barashwe bambutse umupaka uhuza u Rwanda na Congo, binjira kubutaka bw’Urwanda.
Abasirikare bombi barasiwe kubutaka bw’Urwanda mumurenge wa Gisenyi nimugihe bari binjiye kubutaka bw’Urwanda barasa aharingabo za RDF. Umwe yarashwe kuminsi 19/11/2022, undi araswa kumunsi 4/03/2023.
Imirambo yatanzwe ni iya Kasereka Malumalu na 1Sgt Sambwa Nzenze Didier, abasirikare ba FARDC harimo uwarashwe umwaka ushize, Leta ya Republika iharanira democrasi ya Congo yari yamwihakanye ivuga ko atazwi, ariko nyuma yiperereza ku basirikare barinda Umukuru w’igihugu ca Congo Kinshasa (GR), bazanywe mu mumuhana wa Goma, basanze hari umusirikare wabuze ndetse bemeza ko ariwe warasiwe mu Rwanda nyuma yo kumwa urumogi akaza gushoza intambara ku basirikare b’ u Rwanda barinda umupaka ahazwi nka Petite Barrière.
Uwarashwe kuminsi 04/03/ 2023, byabaye nyuma yo kwinjira ku butaka bw’u Rwanda akarasa ku Ngabo z’u Rwanda zirinda umupaka, araswa amaze kwinjira mu Rwanda kuri metero 65, ku mugoroba saa kumi n’imwe na 35.
Basinyiye ko batwaye iyo mirambo Imirambo y’abasirikare ba FARDC yatanganywe n’ibikoresho bari bafite baraswa, harimo imbuta n’amasasu.
Nta biganiro byabaye mu gutanga iyi mirambo, uretse gusinya impapuro zigaragaza ko imirambo n’ibikoresho byatanzwe.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.