Abagaba b’Ingabo bo mu muryango wa EAC, bahuriye mu nama idasanzwe yiga kuby’umutekano wa RDC.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 24/08/2023, saa 1:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Abakuru b’Ingabo bo mubihugu b’ihuriye mu muryango wa Afrika y’iburasizuba ( EAC ), bahuriye mu nama idasanzwe yiga kuby’umutekano wo Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, nuko “kumunsi w’ejo hashize tariki 23/08/2023, aba bakuru b’ingabo bagize i Nama idasanzwe ni Nama yabereye i Nairobi muri Kenya, baganira ku miterere y’ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.”
Mubitabiriye iyo Nama harimo Ubuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga harimo kandi na bagenzi be bo mu bindi bihugu, barimo n’uwari uhagarariye igisirikare ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo Lt General Christian Tshiwewe.
Iyi nama idasanzwe kandi yanitabiriwe n’Umuyobozi w’Ingabo z’Umuryango wa Afrika y’Iburasirazuba (EACRF), ziri mu butumwa Muburasirazuba bwa RDC, Major General Alphaxard Kiugu.
Iyi nama ibaye mu gihe habura igihe gito ngo igihe cyahawe izi ngabo za EAC, kirangire, dore ko kizarangira tariki 08/09/2023.
Ntihatangajwe byinshi mu byavugiwe muri iyi nama idasanzwe y’Abagaba Bakuru b’Ingabo zo mu Bihugu bigize EAC, niba banaganiriye ku kongerera igihe izi ngabo z’uyu muryango ziri muri Congo Kinshasa kuva mu mpera z’umwaka ushize wa 2022, aho zagiye zihawe manda yamezi atandatu, iza kongerwaho andi atatu, kuva mukwezi kwa Gatandatu.
Ingabo za EAC zigizwe n’izaturutse muri Kenya, muri Uganda, mu Burundi no muri Sudani y’Epfo; zagiye zisigirwa ibice byari byarafashwe n’umutwe wa M23, ubwo wabaga ubivuyemo
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.