Ikibazo kijyanye n’impunzi z’Abanyekongo, cyongeye kugarukwaho mu Nama y’akanama gashinzwe umutekano ku isi yateranye ku wa kane, tariki ya 28/09/2023 i New York, muri Leta Z’unze Ubumwe za Amerika.
Minisitiri w’intebe w’ungirije (VPM) akaba na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC Christophe Lutundula, yanze ibirego bivugwa ko igihugu cye, Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yabuza iterambere. Hubwo ashinja Kigali kuba ariyo nyiribayazana w’umutekano muke M’uburasirazuba bwa RDC, nk’uko byagaragaye nomu Nama yabanjirije iyi yabereye i Geneve na Nairobi.
Ati: “Ikibazo cy’impunzi ziva mu Rwanda n’impunzi z’Abanyekongo mu Rwanda. Turashobora guhamagara Komiseri Mukuru w’umuryango w’abibumbye ushinzwe impunzi, azemeza ko mu kwezi kwa Gatanu, twakoranye i Nama n’intumwa z’u Rwanda, iya Congo iyobowe nanjye. Twongeye kuganira ku kibazo cy’impunzi, kandi byari bisabwe na Perezida Félix Tshisekedi. Hari n’itangazo rigenewe abanyamakuru, ryanyujijwe k’urubuga rwa UNHCR, uzabona iri tangazo rigenewe abanyamakuru.”
Christophe Lutundula aha yagaragaje ko ahanganye n’imyitwarire y’u Rwanda, nimugihe bivugwa ko u Rwanda rwanze kwitabira i Nama yariteganijwe i Goma, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Christophe Lutundula kuba u Rwanda rutazitabita iyo izabera i Goma, yahise asaba ko UNHCR yategura i Nama ikazabera i Nairobi cyangwa i Addis Abeba, kugira ngo byihute.
Mu makuru avugwa nuko ahanini i Mpunzi nyinshi zo mu Rwanda, abenshi nabo m’umutwe w’itwaje i Mbunda wa FDLR ukorana n’i Ngabo za FARDC, zabaye M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, guhera mu 1994. Abategetsi b’u Rwanda bahoraga bashinja Kinshasa gufatanya na FDLR guhungabanya umutekano wa Kigali.
Kuri ubu DRC nayo ikomeje gushinja u Rwanda gushyigikira inyeshamba za M23, ibyo Kigali yakomeje guhakana y’ivuye inyuma.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.