Umunyamulenge Nduwayo, yaraye yishwe arashwe n’i Ngabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (Fardc) zo muri Brigade ya 12 ikorera mu Misozi Miremire y’i Mulenge. Mu Makuru amaze kumenyekana nuko uyu Musore yaraye yishwe arasiwe mu Madegu homuri Minembwe.
N’kuko Minembwe Capital News, yabwiwe muriri joro ryo kw’itariki 01/10/2023, rishira kuri uyu Mbere nuko izi Ngabo za RDC zarashe amasasu menshi. Bikavugwa ko harashwe n’imbunda z’inini bikaba byaranatumye abaturage bahunga baturiye agace k’i Lundu mubirometre bike n’u Mujyi wa Komine Minembwe.
Mu Makuru yizewe agera kuri Minembwe Capital News, nuko abasirikare barashe cane arabo muri Batayo iyobowe na Colonel Ekembe, ufite i Kambi ya Gisirikare mugace bakunze kwita kwa Buhimba hafi n’i Lundu ryo kwa Makangata muri 8’eme CEPAC. Barasaga ntawe bahanganye bigakekwa ko yari amayeri yo kugira ngo bice Abanyamulenge nimugihe bari bagize igihe bigamba kugirira nabi abakekwaho kuba ibyitso bya Twirwaneho ishinzwe kurengera aba Banyamulenge, mugihe Mai Mai Bishambuke ibagabyeho ibitero.
Nduwayo, waraye yishwe arashwe n’Abasirikare ba Fardc bo muri Batayo iyobowe na Colonel Ekembe, yari asanzwe atuye mugace ka Lunundu homuri 8’eme CEPAC hakurya n’i Lundu bakaba bagabanijwe n’uruzi rwa Minembwe.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.