Kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 01/10/2023, havuzwe imirwano ikaze M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo (Eastern DRC). Ni imirwano yahuzaga i Ngabo z’Isarambwe( M23) hamwe n’imitwe ishigikiwe na Leta ya Kinshasa. Ki mweho iyo mirwano hari Amakuru Minembwe Capital News, yahawe n’abaturiye ibyo bice ko ni Ngabo za FARDC zamaze kuyinjiramo.
Ni mugihe ziriya Ngabo za RDC, z’ibarizwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, zari zimaze iminsi zitangaje ko zigiye guhasha Inyeshamba z’uyu mutwe wa M23 umaze umwaka urenga wongeye kubura intambara irwanya leta ya Kinshasa. Izi Ngabo za FARDC zanamaze no gushira Itangazo rishinja uyu mutwe kuba washeshe ngo amasezerano yo guhagarika imirwano aya masezerano akaba yarasinyiwe i Luanda na Nairobi. Muriryo tangazo harimo ko ngo “FARDC iracari muri bwaburyo bwo guhagarika imirwano.” Iri tangazo ryakomeje riti: “Umutwe wa M23 ushigikiwe na Kigali wagabye ibitero kuriyi tariki 1/10/2023, ibigabye mubirindiro byacu mubice byo muri teritware ya Masisi.”
Nkuko iyi nkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice bemeje ko imirwano ikomeye yabereye muri bi bice bikurikira: “Kirororwe, Kibarizo, Busumba na Kirumba.” I kindi nuko iy’intambara yatangijwe n’imitwe ishigikiwe na Leta ya Kinshasa ariko ko i Ngabo za FARDC zahize zitabara iyi mitwe iyifasha guhangana na M23.
Aya makuru yakomeje avugwa ko ziriya Ngabo z’Isarambwe(M23), zahise zirukana i Ngabo za FARDC niyi mitwe iyifasha harimo FDLR, Mai Mai, ndetse na Wagner.
Itangazo dukesha umutwe wa M23, ryemeza ko intambara yabaye ku Munsi w’ejo hashize yarimo i Ngabo za Kinshasa. Ni itangazo ririho umukono w’umuvugizi wa M23 bwana Lawrence Kanyuku.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.