Abasirikare ba Republika ya Demokorasi ya Congo (FARDC) bakorera mu misozi miremire y’Imulenge b’injiye mu mugambi woguhungabanya umutekano wa Banyamulenge baturiye akarere ka Minembwe.
Ibi nk’uko twabibwiwe kuri Minembwe Capital News, nuko uku guhungabanya umutekano wa Banyamulenge ba Minembwe, byatangiye kuru yu wa Gatandatu, tariki 30/09/2023. N’inyuma yuko aba basirikare ba FARDC bo muri Batayo iyobowe na Colonel Ekembe, ikorera mugace k’i Lundu, mubirometre bike na Centre ya Minembwe, harimo abasirikare ba biri(2) bari buriwe irengero biza kurangira i Ntumbi zabo z’iza kuboneka ku Ruzi rwa Lwiko, ugana kwa Barabona. Mu makuru Minembwe Capital News yabwiwe izi Ntumbi zabo basirikare zatowe mugihe ca saa umunani z’igicamunsi kumunsi w’ejo hashize.
Amakuru avuga ko aba basirikare kobo ba barishwe n’abagenzi babo kuko agace baguyemo n’agace kagenzurwa n’izi Ngabo za Colonel Ekembe.
Ubwo twahabwaga aya makuru byanavuzwe ko i Ngabo za FARDC zomuri brigade ya 12 ikorera mu misozi miremire y’Imulenge ko bari bagize igihe bigamba kwica Abanyamulenge ba baziza Twirwaneho ishinzwe kurengera aba Banyamulenge mugihe Mai Mai ibije kunyaga ibyabo no kubica. Gen Andre Oketi, umuyobozi Mukuru w’iyi brigade ya 12 akaba yaraheruka gukoresha i Nama n’abaturage ababwira ko Twirwaneho yamaze kurenga umurongo utukura.
Mu makuru tumaze guhabwa muri aka kanya nuko i Lundu humvikanye imbunda ziremereye n’izito zikaba zarimo zirasirwa mw’i Kambi y’izi Ngabo za FARDC irahitwa kwa Buhimba hafi na Igeafi . N’amasasu ya vuze igihe casaha moya n’igice .
Umwe mubaraho hafi yabwiye Minembwe Capital News ati: “Kuri ubu abaturage bahunze bose bari mu bihuru kwa Buhimba bahunze, kwa Makangata ndetse n’i Lundu hakurya Mubadinzi. Aya masasu kararaswa n’i Ngabo za Ekembe ariko ntawe bari kurwana.”
Iyi nkuru yakomeje ivuga ko aba basirikare bo muri Batayo ya Colonel Ekembe ko barimo kurasa kugira ngo ba bone urwitwazo byitwe ko i Ntambara yabaye ba bone uko bica abaturage bo m’ubwoko bwa Banyamulenge.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.