Abasirikare ba Barundi bakambitse ahitwa ka Bunambo, nimugihe iz’ingabo zivugwa ko zaba zerekeje muri Kivu y’Amajyaruguru, aho ngazaba zigiye kurwanya Inyeshamba zo mu mutwe wa M23.
Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira nuko iz’ingabo zaje ziva mu misozi miremire y’Imulenge mubice by’Indondo ya Bijombo. Izi Ngabo nizo muririya Batayo izwi kw’izina rya Task Force ihuriyemo ingabo za RDC n’iza Barundi. Ni batayo yashinzwe hagamije ko irwanya Inyeshamba zirwanya leta y’u Burundi na RDC, z’ibarizwa kubutaka bwa Kivu yamajy’Epfo.
Nkuko iyinkuru twayihawe kuri Minembwe Capital News, nuko aba basikare ngobaba boherejwe muri Masisi kubwumvikane bwa Kinshasa na Bujumbura nimubiganiro byihariya biheruka byahurije Evariste Ndayishimiye, umukuru w’igihugu c’u Burundi nu wa RDC i Kinshasa kumurwa Mukuru wa Congo.
Na none harandi makuru avuga ko aba basirikare ba Barundi baba baje kuremera mubice bya Plaine Dela Ruzizi, abemeza ibi bashingira ko ngo ingabo za FARDC muri Kivu yamajy’Epfo zivuga ko ngo M23 yaba ishaka kuza muri Kivu yamajy’Epfo.
Umwe mubaturage baturiye utwo duce yabwiwe Minembwe Capital News ati: “Izi Ngabo za Barundi ziri Kabunambo zahoze mubice bya Mbundamo, barahava berekeza Rurambo ahitwa Mubuzuke barahava kurubu bari Kabunambo. Ntawe Uzi iyo berekeza ariko batubwiye ko bagiye kurwanya M23.”
Kabunambo, nagace gatuwe n’abaturage bake bo mubwoko bwa Bapfulero, nagace Kandi kari kubirometero bike na karere ka Muleka, Nyakadudula, Sange ndetse na Lungutu, aha nimuri Kivu yamajy’Epfo, mu gihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.