Umunya-politike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, bwana Martin Fayulu, yamaganye leta ya Kinshasa kubwicanyi buheruka kuba i Goma, n’ubwicanyi bwakorewe abari mu myigaragambyo yokwamagana ingabo z’umuryango wa bibumbye(Monusco) ndetse n’ingabo za karere ka Afrika y’uburasirazuba (EAC).
Ni byabaye tariki 30/08.2023, Martin Fayulu, yagize ati: “Amashusho y’ubwicanyi bwakorewe abaturage ba Goma ntashobora kwihanganirwa! Aya mahano yakozwe n’ingabo za FARDC nawe ubwawe ugomba kumvako etat de Siège ikwiye gukurwaho mu Majy’Aruguru ya Kivu na Ituri. Ikindi turasabako haba iperereza ryigenga aba birinyuma naba shebuja wabyo bakaza gushikirizwa ubutabera.”
Ibi bibaye mugihe igihugu c’u Bubiligi naco ubwaco casabye ko cohereza itsinda riza gukora iperereza ryigenga maze aba biryozwa bagashikirizwa ubutabera. Aba bibiligi banatanze mpole kumiryango yabuze ababo muri ubwo bwicanyi.
Ni mugihe perezida Félix Tshisekedi wa Republika ya Democrasi ya Congo, nawe ubwe yamaganye ibyabereye i Goma, aho yategetse ko hakorwa iperereza ryihuse maze ngo ababyitwayemo nabi bakaza gukurikiranwa n’Ubutabera.
Ati: “Ndasaba Minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde na Minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba, ko bakurikirana ibyabereye i Goma, ubwicanyi bwakorewe Wazalendo, aba bukoze bahanwe byintanga rugero! Kandi hakorwe iperereza rinoze ririmo umuco kugira dukureho ikibi.”
Mw’itangazo leta yashize hanze kumunsi w’ejo hashize rivuga ko hapfuye Wazalendo 48 abakomeretse bakaba 50 barenga abandi 158 batawe muriyombi.
Gusa Wazalendo bo bavuga ko abapfuye babo barenga ijana(100) maze bagatera utwatsi Guverinoma ya Kinshasa, aho bayishinja kunanirwa kurwanya M23 hubwo bagashobira kwica abaturage.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.