Perezida Félix Tshisekedi, yanenze imyitwarire yabasirikare baheruka kugaragaza ubwo barimo bahagarika imyigaragambyo simusiga yari yateguwe na Wazalendo i Goma. Bariya basirikare ba leta ya Kinshasa bivugwa ko bishe abantu 48 muriyo myigaragambyo iheruka kuba i Goma, yari myigaragambyo yakozwe na bo mwitsinda rya Wazalendo Aho barimo bamagana ingabo z’umuryango wa b’Ibumbye (Monusco) n’ingabo zakarere ka Afrika y’uburasizuba (EACRF).
Iyi myigaragambyo yakozwe tariki 30/08/2023, aho aba bayikoze bitanzwe mbere yuko b’injira mugikorwa nyirizina nkuko ayamakuru twayahawe na baturage baturiye ibyo bice bya Goma.
Mu makuru yizewe avuga ko aba Wazalendo bamaze kwakirwa na Guverinoma ya Kinshasa ahagana mumpera zukwezi kwa Kane uyu mwaka bahise bashinga urusengero ndetse bakora na Radio banyuzagamo amatangazo anyuranye nibyo leta ishaka.
Ubwo aba Wazalendo bategura ga imyigaragambyo muriki Cyumweru gishize Meya w’umujyi wa Goma yamaganye iyo myigaragambyo aha niho ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu ca RDC zahawe amabwiriza yoguhagarika iyo myigaragambyo arinabwo harashwe Wazalendo umunsi nyirizina w’imyigaragambyo abapfuye bakaba batavugwa ho rumwe nimugihe abaturage bo bavuga ko hapfuye abarenga 100 naho mw’itangazo leta yashize hanze rivuga ko hishwe Wazalendo 48. Abakomeretse bo bivugwa ko arabantu 50 basaga. Abafashwe barafungwa bo byemezwa kwarabantu 158.
Mwijambo umukuru w’igihugu ca RDC Félix Tshisekedi, yashikirije abanyamakuru kumunsi w’ejo yavuze ko asabye Minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde na Minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba, ko bagomba gukora ibishoboka byose abasirikare bahagaritse imyigaragambyo muburyo bunyuranyije na mategeko ko bagomba kubiryozwa asaba kandi ko ukuri kwibyabaye byose muriyo myigaragambyo kugomba kumenyekana.
Ibi bibaye mugihe Wazalendo bari bamaganye leta ya Kinshasa ko yishe abaturage banongeraho ko iyi leta ya Kinshasa ko yananiwe kurwanya umutwe wa M23 ngo bakaba bahindukiriye kwica Abaturage.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.