Komanda wa 22ème Region Miltaire yajanwe imbere y’ubutungane.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 24/08/2023, saa 7:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kuruyu wa kane, tariki ya 24/08/2023, umuyobozi w’ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo (Fardc) warebaga 22ème Region Miltaire yajanwe imbere y’ubutungane.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, avuga ko ifatwa ry’uyu muyobozi Mungabo za RDC rifitanye isano n’ikibazo cy’ibura rya toni 120 zo mu mabuye y’Agaciro aheruka kuburugwa irengero ayo mabuye y’Agaciro bivugwa ko yarayo mubwoko bw’umuringa.
Na mabuye y’Agaciro yacukurwaga na sosiyete ya Tenke Fungurume Mining, nk’uko aya makuru abitangaza.
Ikigo cy’ubushakashatsi ku burenganzira bwa muntu (IRDH), rikaba ari n’ishirahanwe ritegamiye kuri Leta ya Kinshasa naryo ubwaryo ryatangaje ko uyu musirikare yahagaritswe n’inzego zishinzwe umutekano.
Ir’ishirahamwe rikaba rifite icicaro i Lubumbashi, rikaba ryanasabye ko habaho ubutabera buboneye kandi ko abanyabyaha basubiza ibyo bangirije!
Naho Hubert Tshiswaka, umuyobozi muriryo shirahamwe yavuze ko ari ngombwa kubuza abashoramari mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro gucibwa intege n’ibikorwa by’ubujura
Ati: “Abitwa ko bagomba kurengera igihugu nibo bari mukugihemukira mbere ariko abaturage be gucika intege mukomere mukazi.”
Hubert Tshiswaka avuga ko iyi mizigo yamabuye y’Agaciro yo mubwoko bwa muringa yari yaroherejwe mu kwezi kwa Karindwi umwaka ushize ku mupaka wa Kasumbalesa kugira ngo ijye ku cyicaro gikuru cya 22ème Region Miltaire arinabwo yatangiye kuburigwa irengero.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.