Umudepite ukomoka muri teritware ya Beni, Gratien Iracan, wo mw’ishaka rya Moïse Katumbi, yatunze agatoki guverinoma ya Congo kuba idashira iherezo kuri Etat de siège kandi akemezako ibya etat de siège biba byararangiye mu mwanka wa 2021.
Depite Gratien avuga ko Etat de siège, iba yaravanweho kuva igihe abaturage basabishije tariki 29/09/2021, ko ihagarara kumpamvu zuko ngo ntamusaruro bayibonyeho ngo nimuricohihe iba yarahagaritswe hagakomeza n’ubundi ubutegetsi bwa Gisivile nkuko bivugwa na Gratien.
Ubusabe bwa baturage bwasabaga ko ubutegetsi bwagisirikare bwahagarara ngo kuko umutekano utigeze uhinduka wakomeje kuba mubi ndetse bakavuga ko uwo mutekano warushijeho kuba mubi.
Nubu kandi Gratien akaba avugako guverinoma itigeze iha agaciro icyemezo cy’Inama Nshinga Mategeko, agasaba ko Minisitiri w’intebe bwana Michel Sama Lukonde ko akwiye gukurikiranwa kucyaha cyokutubaha ubusabe bwa baturage n’ibyo i Nama Nshinga Mategeko yemeje.
Kubwa Depite Gratien, agira ati: “Ntabwo leta ya Sama Lukonde, yigeze yubaha abaturage kandi arizo mbaraga z’igihugu! Iki gikorwa leta ikora n’ubuhemu bukabije. Kuba iNama Nshinga Mategeko nayo itubahwa ngo hakorwe ibyo abaturage ba batoye basaba kuba bitubahirizwa ibi biragayitse canee.”
Irakan, kubwe ashimangira ko Etat de siège, yavanwaho ngo kuko abona ko arintakintu yagezeho Kandi ko binasabwa nabaturage .
I Nama nyungurana bitekerezo yabereye Kinshasa tariki 14/08/2023, iza gusozwa tariki 16 /08/2023, Depite Gratien, we ayifata nkaho yari gamije gusesagura umutungo w’igihugu aho kwita kubaturage bagizweho ingaruka n’intambara zurudaca, Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.
Tubibutseko i Nama nyungurana bitekerezo yarifite izi ntego:
Gukuraho ubutegetsi bwa Etat de siège muri Ituri na Kivu y’Amajyaruguru cangwa Kubuha imbaraga bugakomera .
Nyuma y’iyo Nama habayeho gushikiriza Perezida Félix Tshisekedi ibyizwe maze nawe akaza gufata icyemezo cyanyuma. Gusa nkuko bigaragara nuko Perezida Félix Tshisekedi na Minisiteri w’intebe Michel Sama Lukonde, baje kwanzura ko Etat de siège igumaho.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.