Kuru yu wa Gatatu, nibwo nyakubahwa Felix Tchisekedi yerekeje i Luanda aho yitabiriye i nama y’ishirahamwe y’ibihugu byo mu m’Ajyepfo ya afrika(SADEC).
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 17/08/2023, saa 5:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Perezida Félix Tshisekedi, yaraye ageze i Luanda mugihugu ca Republika ya Angola aho yitabiriye i nama y’umuryango w’ibihugu by’ubukungu, bya Afrika ya m’Ajyepfo.
Bwana Félix Tshisekedi, warusanzwe ayoboye uyu muryango biteganijwe ko aza gusoza Manda yokuyobora uwo muryango maze atsimburwe na Perezida wa Angola, João Lourenço muricyo gikorwacoguhererekanya ubuyobozi akaba arinabwo umukuru w’igihugu ca RDC Felix Tchisekedi aza kugezaho abitabiriye iyo nama ibyo yabashije kugeraho mugihe yarayoboye uyu muryango.
Igihugu ca Republica ya Democrasi ya congo ki kaba cyiteze ibyiza kuri rino shirahamwe ry’ibihugu bya afrika yamajy’Epfo cane mukugarura amahoro Muburasirazuba bw’iki gihugu ca Congo Kinshasa, nkuko byemeranijwe mu nama yabereye i Windehoek muri Namibia kw’itariki 08 mukwezi kwa Gatanu uyu mwaka.
Perezida Félix Tshisekedi, akaba yemezako izongabo zi za za gufasha iza Congo (FARDC), bivuye mu masezerano y’ibyo b’ihugu bigize uyu muryango, ibi kandi bikaba biri no mw’itegeko nshinga ko igihugu kimwe muruyu muryango mugihe gitewe kigomba gutabarwa.
Gusa ibi kandi itegeko rikavuga ko ca gihugu cyatewe gutabarwa biva mugihe babifitemo ubushake.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.