Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 11/08/2023, saa 9:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
I huriro ry’amashaka y’ibumbiye mw’ihuriro rya FCC, bashize itangazo hanze rimenyesha ko batazitabira amatora ateganywa kuba muri RDC. N’itangazo ryashizwe hanze n’umuvugizi wiri huriro mu Intara ya Kivu yamajy’Epfo.
Mubiri muriryo tangazo harimo ko abagize iri huriro batazitabira amatora ateganijwe kubera muri Republika ya Democrasi ya Congo (RDC) mu kwezi kwa Cyuminakabiri uyu mwaka wa 2023.
Uyu muvugizi w’ihuriro rya FCC akaba yabivuze ubwo yavugana n’umunyamakuru wa Radio Canal Africa, bwana Tomson.
Bimwe mubibazo umunyamakuru yabajije uyu muvugizi w’ihuriro rya FCC, bwana Tomson yatangiye abaza ati: Ko hakomeje kuvugwa ngo harabantu biri huriro ry’amashaka FCC, badepoje Kandidatire zabo muri CENI ariko ntizemerwa! Ese nibyo? Umuvuguzi ati: “Yego nibyo ibi byabaye mu Ntara!”
Yakomeje asubiza umunyamakuru avuga ati: “Ese ubundi twa depoza mu Ntara, tutara depoje kurwego rw’igihugu? Reka nkubwize ukuri twebwe nka FCC ntabwo tuzitabira ayo matora.”
Ikindi nuko Inyeshamba zomu bwoko bwa Babembe zibumbiye mucyo bise CNPCC iyobowe na Gen William Amuri Yakutumba, biciye mu muvugizi wayo bwana EBUELA DALTON, nawe yabwiye Radio Canal Africa, ko badashaka kunva umuntu ufite izina ry’Ikinyarwanda uziyamamariza muri teritoire ya Fizi, Uvira ndetse na Mwenga ho mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo.
Tubibutseko muri territoire ya Fizi harimo Abanyamulenge (Tutsi), batsindiye kuziyamamariza muriyo territoire bavuga ururimi rwikinyamulenge, aba bakaba ari: SEBIKABU MUGANWA JAKSON, -MUSIRIMU BIHOZAGARA na KAMENYERO EMANUEL.
Umuvugizi wa Gen Yakutumba, akaba yabwiye itangaza makuru ko abo bagabo bose biya ma mariza muri teritware ya Fizi, ara Banyarwanda ko nta Munyamulenge uba muri Congo.
Arangiza asaba ko kandidatire zabo Banyamulenge zakurwaho kuko babisabishije kuri Komisiyo ishizwe kugenzura ibya matora muri Congo(CENI).
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.