Lieutenant Claude yatorotse igisirikare cya Fardc y’iyunga na baturage b’irwanaho.
Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 05/08/2023, saa 8:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Umusirikare wo mungabo za Republika ya Democrasi ya Congo (FARDC), ufite ipeti rya Lieutenant, yatorotse iki gisirikare maze y’iyunga na baturage b’irwanaho bomu Mihana iherereye muri Komine Minembwe.
Lieutenant Claude, akaba yarasanzwe akorera igisirikare cya leta ya Kinshasa, mubice by’Indondo ya Bijombo homuri teritware ya Uvira, muntara ya Kivu yamajy’Epfo. Uyu musirikare yabaga muri brigade ya Fardc ifite ici cyaro muri Bijombo. Bwana Lieutenant Claude avuka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri teritware ya Masisi.
Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira nuko uyu musirikare yagaye imikorere y’ingabo za FARDC aho avuga ko aba basirikare ba hohotera abatura bo mubwoko bwab’Atutsi akaba aribyo yagaye nkuko ayamakuru twayahawe na babashe ku muganiriza ubwo yaramaze kwakirwa na baturage b’irwanaho.
Uyu musirikare ufite ipeti rya Lieutenant yaje y’itwaje imbunda yo mubwoko bwa Mashinigani ndetse na gerenade.
Urugenzi rwe kuva mu Bijombo kugera mubice bya Minembwe bikaba byaramutwaye iminsi ibiri nkuko ayamakuru twayahawe.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Niyisange mu handi atazarimbwa Nawe