Abari bashigikiye iri hirika ubutegetsi bwa perezida Bazouma Mohamed, biyerekanye mu mihanda kumurwa mukuru wa Niger, bambaye ibintu byose biranga igihugu c’u Burusiya ndetse ni bendera ryiki gihugu.
Abari mu mutwe wo guhirika ubutegetsi bwa perezida Bazouma Mohamed, bakimara guhirika ubutegetsi, bahise batangaza ko bahagaritse ba Ambasaderi bane biki gihugu ca Niger, uri Amerika, mu Bufaransa, Nigeriya na Togo. Ibi nibyaciye kuri television yigihugu mwijoro ryo kw’itariki 27/07/2023.
Kuruyu wa Kane bwana Bazouma Mohamed, wahiritswe ku butegetsi yaranditse asaba ko ibihugu bikomeye byamufasha kugaruka kubutegetsi. Ati: “Nimunfashe ngwanirire indanga gaciro dusangiye ya Democrasi nokubahiriza itegeko nshinga ry’igihugu kuko niyo nzira yonyine ifasha ku kurwanya ubukene. Ndahamya neza ko Abanya-Niger ko batazigera bibagigwa inkunga yacu muriki gihugu.”
Yakomeje ati: “Ibihugu byose biri mukarere ka Sahel, mushobora kugwa mu mutego w’u Burusiya, bukoresheje Wagner, umutwe w’iterabwoba ukoreshwa na leta y’u Burusiya.”
Gusa ntakimenyetso kigaragara ko Wagner boba baragize uruhare mwihirika ubutegetsi muri Niger, nkuko bitangazwa na Washington Post, ariko ijambo ry’uhagarariye Wagner yahise atangaza ko kuba habaye Coup d’etat muri Niger ko ari intsinzi ikomeye mwisi.
Imiryango mpuza mahanga, irimo L’ONI, EU na leta Zunze Ubumwe za Amerika, bamaganye iki gikorwa co guhirika ubutegetsi muri Niger.
Arinabwo leta Zunze Ubumwe za Amerika, zahise zihutira gukura Ambasaderi wabo muriki gihugu.
Umunyamabanga mukuru wa Amerika, Antony Blinken, yavuganye na bwana Bazouma, bakoresheje telephone ngendanwa , maze uyu muyobozi amwizeza ko Amerika irimo guharanira ubutegetsi bushingiye kuri Democrasi, kandi ko ubutegetsi bwatowe nabaturage aribwo bugomba gusubiraho.
Niger, n’ikimwe mubihugu bya Afrika bigize akarere ka Sahel, akarere gatuwe na Bajihadiste, aha muraka karere hibasiriwe na ma Coup d’etat dore ko Mali na Burkina Faso baguye muruyu mutego.
Iki gihugu kandi ca Niger n’igihugu gikungahaye kumabuye yagaciro harimo Iraniyumu nibindi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.