Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwasobanuye impamvu butatumiye Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, mu mikino y’uyu muryango iza gutangira kuruyu wa Gatanu i Kinshasa.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 27/07/2023, saa 7:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Leta ya Kinshasa ikimara gutangaza ko Mushikiwabo azitabira iyi mikino, Umuvugizi we, Oria Vande Weghe, tariki 25/2023 yahise atangaza ko atazajya i Kinshasa kubera ko atatumiwe nk’uko biteganyirizwa Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango.
Yagize ati: “Igihugu kiri gutegura amarushanwa cyoherereza ubutumire ibihugu ariko kikanohereza ubutumire ku Munyamabanga Mukuru. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga nk’uko yari yabivuze mu nama rusange yaratuvugishije kugira ngo hemezwe umunsi azabuzaniraho ariko nyuma baje kuvuga ngo imikino n’ubundi ni iyanyu ntabwo akeneye ubutumire.”
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, mu kiganiro yagiranye na Radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa RFI kuri uyu wa Gatatu 26/07/ 2023, yabajijwe impamvu atatumiye Mushikiwabo, asubiza ko atari kumutumira kuko OIF ayobora ari yo itegura iyi mikino.
Imikino ya OIF izatangira tariki ya 28/07/ 2023, irangire ku ya 8/08/ 2023.
Abarimo Senateri Mubyumba Francine, yanenze kuba Republika ya Demokarasi ya Congo, itaratumiye umunyamabanga mukuru wa Francophonie Louise Mushikiwabo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.