Yanditswe n’a: Bruce Bahanda, kw’itariki 21/07/2023, saa 6:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
N’i abanyeCongo bagera kuri 22, nibo batahukanwe bava mugihugu ca Sudan, bivugwa ko mukubacura habayeho uruhari rwa leta ya Kinshasa.
Aba banyeCongo bari barabanjye kubura ubufasha kuva intambara yaduka muri Sudan hagati y’umutwe w’itwaje imbunda wahagurutse kurwanya leta yico gihugu. Kurubu uwo mutwe ukaba uhanganye n’Ingabo zico gihugu i Khartoum.
N’i ntambara yadutse mukwezi kwa Kane (4), uyu mwaka, nubu ikaba igikomeje.
Aba banyeCongo batahukanwe barimo abari abanyeshuli bigira ga muri Sudan, ubwo bavaga Sudan babanjye kwerekeza i Misiri aho bivugwa ko babanjye kuhatinda arinabwo baje kuva kukibuga c’indege cya Misiri baherekejwe na Ambassador wa Republika ya Demokarasi ya Congo, bwana Kasongo Musenga. Uyu Ambasaderi akaba yarabaherekeje abageza i Kinshasa kumurwa mukuru wa RDC nkuko bigaragara kurukuta rwa Twitter ya Minisitiri w’ubanye n’Amahanga wa RDC.
Bururutse ku Kibuga c’indege cya Ndjili ahagana mumasaha ya saa sita n’iminota mirongwine nitanu(12:45pm).
N’imugihe Kandi abandi banyeCongo batatu (3), baba kinyi bakiniraga Ekipe ya Al Hilal yomugihugu ca Sudan, baheruka ga gutahukanwa muri Congo Kinshasa, tariki 15/05/2023, bahita bakirwa na Minisitiri wa Sport Bwana Kabulo Mwana Kabulo.
Intambara yo mugihugu ca Sudani ikaba yarahitanye ubuzima bwabanyeCongo bagera kwicumi(10). Aba biciwe mubitero byo kw’itariki 04/06/2023, nimugitero cyari cyagabwe Kuri Kaminuza mpuzamahanga ya Afrika iherereye i Khartoum mumurwa mukuru wa Sudan.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.