Abagore bagera kuri 20 bari baheruka gushimutwa n’umutwe w’itwaje imbunda muri Maï-Ndombe, barekuwe.
Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 17/07/2023, saa 1:15pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Muriki gitondo cyo kuwa Mbere n’ibwo Abagore barenga makumyabiri (20) bari baheruka gushimutwa n’abarwanyi ba Mobondo homuri teritware ya kwa Mouth muntara ya Maï-Ndombe ho mumajy’Epfo ya Kinshasa uyumunsi nibwo byamenyekanye ko barekuwe .
Abo bagore bafashwe kuwa Gatandatu wi Cyumweru gishize, tariki 15 /07 /2023 , n’imugihe aba bagore bari berekeje mubice bagiye bahunga mo muntambara zagiye zihuza ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo nabarwanyi bo mumutwe wa Mobondo.
Amakuru amaze kumenyekana kuri Minembwe Capital News, nuko aba bagore bivugwako bafatiwe neza mugace karihagati yaho bita Ntomo n’a Mikandayakare, aha akaba atari kure y’inkambi yaho bahungiyemo.
Harandi makuru dukesha Radio Okapi avuga ko aba bagiye bakugwa mubyabo babayeho mubuzima bubi. Nimugihe leta ya Kinshasa itabitaho ndetse namashirahamwe ashinzwe kurengera Impunzi atabitaho mugihe bahunze bakava mubyabo.
Soseyete Sivile yomuribyo bice niyo yemeje ko aba bagore barekuwe. Aho by’atangajwe nuyu muyobozi mukuru wa Soseyete Sivile muri teritware ya kwamouth bwana Martin suta .
Gusa uyu muyobozi mukuru wa Soseyete Sivile muri teritware ya kwa Mouth akaba yemezako harabandi bantu bapfuye muriki Cyumweru gishize bagera kuri 7 ubwo ababarwanyi bacakiranaga ningabo z’igihugu Fardc.
Hakaza gufatwa naba motore barenga10 bagatwarwa nabobarwanyi mumashamba
Tubibutseko abobarwanyi biyise Mobondo batangiye kumenyekana mumyaka mike ishize ariko bakaba bahangayikishije l’etat ya Kinshasa bakanateza guhunga kwabaturage aho bakomeje kuba impuzi hagati mugihugu ndetse nohanze y’igihugu.
L’etat ya Congo ikaba ikigerageza kugarura amahoro ariko ababibona basanga arinkaho bisa n’ibyayinaniye.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.