Umutwe w’itwaje imbunda wa M23 ukomeje gufata ibindi bice muri teritware ya Rutsuro nyuma yogufata Groupement ya Bukombo.
Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 13/07/2023, saa 8:00pm, Kumasaha ya Bukavu n’a Minembwe.
Muruyu mugoroba wokuwakabiri inyeshamba zomumutwe wa M23, baraye bigaruriye ibindi bice bikomeye bihereye mubice byomuri Groupement ya Bukombo, homuri teritware ya Rutsuro muntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muburasirazuba bwa Republika ya Congo.
Ibi bice byongeye gufatwa mugihe Imirwano ikomeje kubica bigacika hagati y’inyeshamba zo mumutwe wa M23 nabarwanyi bo mwihuriro rya Wazalendo, CMC, Nyatura ndetse n’a FDLR basanzwe bafasha Leta ya Kinshasa guhasha umutwe wa M23.
Ibice byafashwe kuruyu wa kabiri akaba ari Localité ya Mashango hereye muri Groupement ya Bukombo. Iyi Localité ikaba yavugwaho kuba yarahoze ari birindiro bikomeye bya FDLR irwanira ingabo za Republika ya Democarasi ya Congo.
Ni Localité kandi ihesha ingabo za M23 gufata ibice bya Nyanzare n’a Katsiru nkuko amakuru atangwa nabaturage bazi neza ibyo bice uko biteye.
Mugihe M23 ikomeza kwagura imbibi zabo i Goma kumurwa mukuru wintara ya Kivu y’Amajyaruguru, inama yaraye isojwe yiga kumahoro arambye yu Burasirazuba bwa Republika ya Democarasi ya Congo.
N’inama yahuriyemo ingabo za EACRF zishinzwe kugarura amahoro muraka karere , Monusco ndetse na Uhuru Kenyatta umuhuza kumakimbirane hagati ya Guverinema ya Kinshasa n’imitwe yitwara imbunda muburasirazuba bw’iki gihugu.
Muriyo nama hakaba harasabwe ko Leta ya Kinshasa yakwicarana numutwe wa M23 bagakora Ibiganiro. Ibi n’ibyasabwe n’a Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya. Murubwo buryo hakazabona kuba gahunda yogusubiza mubuzima bwa gisivile abarwanyi bo mumutwe wa M23.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.