Uhuru Kenyatta, wahoze ari perezida wa Kenya ategerejwe mumujyi wa Goma kuruyu wa Gatatu, tariki 12/07/2023.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 11/07/2023, saa 7:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kuruyu wa Gatatu, biteganijwe ko uwahoze ari perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, azagera i Goma kumurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Bwana Uhuru Kenyatta n’iwe muhuza wamahoro kuntambara ibera Muburasirazuba bw’ikigihugu ca Congo Kinshasa. Kumakimbirane hagati ya Guverinema ya Kinshasa nu mutwe w’itwaje imbunda wa M23, umutwe urwanira mubice biri za Masisi muntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Nkuko byamaze Kumenyekana nuko Uhuru Kenyatta azabaje mumugambi wokujana ingabo za M23 mukigo cya Rumangabo nkuko bigize igihe bikomeza kuvugwa ndetse bikaba biri nomumasezerano.
Mumakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira nuko Minisitiri w’ubufatanye mukarere bwana Mbusa Nyamwisa we yamaze kugera i Goma kugira ngo aje kwitegura umuhuza Uhuru Kenyatta aho biteganijwe ko hazaba hari nabasirikare bakuru mungabo za FARDC.
Ibi bibaye mugihe imirwano yongeye kubura mubicye bya Masisi ndetse na Rutsuro.
Aho amakuru yakomeje gucicibikana kumbuga nkoranyambaga ko umutwe w’itwaje imbunda wa M23, wamaze kwigarurira Centre nini ya Groupement ya Bukombo, iri muri teritware ya Rutsuro homuntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
N’imumirwano yahuje umutwe wa M23 n’ihuriro ry’imitwe ikorana byahafi n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo arizo CMC, Nyatura, FDLR Wazalendo ndetse na Wagner babazungu bavuye mu Burusiya.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.