Martin Fayulu, mukiganiro yaraye ahaye Abanyamakuru, i Kinshasa, yababwiye ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi, agomba kuva kubutegetsi nyuma gato mumatora ataha.
Yateguwe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 26/06/2023, saa 6:00Am, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Bwana Martin Fayulu, ukuriye Ishyaka rya ECID, yaraye atangarije Abanyamakuru ko tariki 23/01/2024, Perezida Félix Tshisekedi agomba kuba yamaze kuva mubutegetsi bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.
Yagize ati: “kuya 23, zukwambere umwaka wa 2024, mu gicuku, Félix Tshisekedi agomba kugenda. Nabwiye Abanyamerika, Abafaransa, ko ntazigera nemera amatora mugihe Perezida Félix Tshisekedi, azaba atavuye kubutegetsi. Tuzicara ku meza amwe, kandi tuzashyiraho amategeko agenga amatora. Bitabaye ibyo, nta matora azaba yakozwe.”
Martin Fayulu, numwe muba kandida, byavugako yatsinze amatora yubushize mumwaka wa 2019, muri Republika ya Demokarasi ya Congo. Byatwaye igihe uyu mugabo yaranze kwemera ko Perezida Félix Tshisekedi, ko ariwe Perezida watambutse nyuma yuko yaramaze gutangazwa nabari bahagarariye amatora (CENI),nka Perezida w’igihugu.
Nimugihe kandi byakomeje gutangazwa ko Perezida Félix Tshisekedi, yashizweho na Perezida warucuye igihe bwana Joseph Kabila, nawe waje kutavuga rumwe na Félix Tshisekedi kandi byitwa ko ariwe wamushizeho kunyungu za Joseph Kabila.
Amatora muri RDC, arategerejwe tariki 20/12/2023. Gusa ayamatora ntavugwaho rumwe nabose aho n’idini Eklezia Gatolika, ritemeranya na guverinema ya Kinshasa ko CENI, itarimo gutegura amatora ari mumucyo. Ibi kandi nabatvuga rumwe nubutegetsi bwa Kinshasa bakomeje kwamagana bavuga ko amatora kwatarimo gutegurwa muburyo buboneye.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.