Umutwe w’inyeshamba urwanya leta ya Bujumbura, Red Tabara, birahwihwisa ko uri mubiganiro na leta ya Perezida Evalist Ndayishimiye, aho binemezwa ko batangiye gutahukanwa mugihugu c’u Burundi.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 24/06/2023, saa 11:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kuruyu wagatatu wiki Cyumweru, turimo dusoza, nibwo iz’Inyeshamba zo mumutwe wa Red Tabara, umutwe urwanya leta ya Bujumbura, bivugwa ko bageze mubice byo muri teritware ya Uvira neza na neza kuri Kiriba Ondese.
Bikemezwa ko hoba harihagize iminsi abasirikare b’Abarundi babarizwa muri Kivu y’Epfo, kobagiye bakorana ibiganiro byo mwibanga nizi nyeshamba zo mumurwi wa Red Tabara umaze imyaka irenga irindwi ubarizwa kubutaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, mubice byo muri Kivu yamajy’Epfo.
Mumakuru yizewe Minembwe Capital News, Imaze guhabwa nabamwe mubaturiye imisozi ya Uvira bemeje ko mugace ka Kagando ho muri Kiriba muri teritware ya Uvira kohamaze kugera ingabo za Barundi aho zije gusafirisha abo barwanyi bahoze muri Red Tabara.
Gusa hakaba haramakuru Minembwe Capital News, yahawe kuva mwirijoro ryakeye ko abarwanyi ba Red Tabara koboba baratangiye kwambutswa mugihugu c’u Burundi kuva kuruyu wakane tariki 22/06/2023, aho binemezwa ko ibimodoka byinshi byagisirikare by’u Burundi ko byakomeje kugaragara bigana kuri Kiriba Ondese. Bikemezwa ko biza gutora izonyeshamba zibaja mugihugu c’u Burundi.
Iz’inyeshamba zo mumutwe wa Red Tabara, urwanya Ieta y’u Burundi byari bigize igihe zivugwa ko zamaze gushinga ibirindiro bikuru byabo mubice bya Rugezi ho muri Secteur ya Lurenge, muri teritware ya Fizi muntara ya Kivu yamajy’Epfo. Izi nyeshamba zishinjwa kw’iba Inka zabo mubwoko bwa Banyamulenge, ndetse nogusenya Imihana yabo zikaba zinashinjwa gusenya Rurambo ahagana mumwaka wa 2021.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Gutaha nintore ni nagende neza byenda abapfurero Boca bugufi natwe tukazatahuka iwacu