Intamabara yogusiniramo kwa Wazalendo na Nyatura batatu(3), nibo bahasize ubuzima abandi benshi barakomereka mumisozo yomuri teritware ya Nyiragongo.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 22/06/2023, saa 2:25pm, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Nikuruyu wa kabiri wo kw’itariki 20/06/2023, habaye intamabara ikomeye yogusubiranamo hagati yimitwe ishigikiwe na leta ya Kinshasa. Nimirwano yaguyemo abantu batatu(3), uku gusubiranamo kwabaye hagati ya Wazalendo na Nyatura, bibera mubice bihereye muri teritware ya Nyiragongo.
Amakuru yizeye agera kuri Minembwe Capital News, nuko ukutunvikana hagati ya Nyatura na Wazalendo, byahereye ku mugoroba wo ku wambere tariki 19/06/2023, aho bari baherereye i Buhene, homuri groupement ya Munigi, muri teritware ya Nyiragongo, muntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Inkomoko yaya makimbirane nkuko ayamakuru twayahawe, ngoyaba yaramaze iminsi ahari hagati yi yimitwe ikorana byahafi n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (Fardc). Hagati ya Wazalendo na Nyatura, byavugwa ga ko Nyatura ishaka kwiyonkora mugukorera hamwe na Wazalendo aho Nyatura banaregwa kuba banahohotera abaturage bo muri kariya gace ka Nyiragongo.
Nkuko bigaragara ihuriro ry’abenegihugu MNC (Mouvement National Congolais), ryahise ryamagana gusubiranamo kwa Wazalendo na Nyatura, maze babahamagarira kwiyunga.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, tariki ya 21/06, abaturage bo mu gace intamabara yahurijemo Wazalendo na Nyatura, barahunze bahungira mubice birimo Ingabo za EAC.
Kugeza ubu haracari ugushamirana hagati ya Wazalendo na Nyatura, ibi byabaye nyuma yuko iyi mitwe yombi yarimaze iminsi ibiri bahanganye numutwe wa M23.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.