Perezida Yoweli Kaguta Museveni, wa Uganda, Umusaza usanzwe ari umu Kirisitu akaba akunda nogusoma ijambo ry’Imana yemera ko Imana ariyo ya mukijije Corona Virus. Aho yavuzeko yamaze gutsinda urugamba amazemo iminsi ahangana na Corona Virus, abifashijwemo n’Imana.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 18.06.2023, saa 7:15pm, kumasaha ya Kampala na Nairobi.
Perezida Yoweli Kaguta Museveni, wa Uganda yamaze gutangaza ko yatsinze urugamba amazemo iminsi ahangana na Corona Virus, nimugihe kuruyu wa Mungu ibipimo byamaze kwemeza ko ari muzima.
Museveni, akoresheje urubuga rwe rwa Twitter, yavuze ko nokuruyu wagatatu wiki cyumweru turi gusoza ibipimo byemeje ko yamaze gutsinda nkuko yakunze gukoresha iryo jambo.
Ni k’witariki zirindwi zuku kwezi kwagatandatu, uyumwaka, abaganga bemeje ko Perezida Museveni wa Uganda ko arwaye Corona Virus maze murico gihe ahita yinjira mukiruhuko cyangwa se mukato.
Ariko nkuko bigaragara kuruyu munsi w’Imana Perezida Museveni yatembereye akaba yanabivuze ko yamaze gukira. Yagize ati :
“Ku ntambara mazemo iminsi mpangana n’a corona, ubu hemejwe ko ndi umusaza warangije gutsinda urwo rugamba umwanzi narangije kumunesha, namaze nokumukoza Isoni!! Corona Virus ntaho ngihuriye nayo. Uyu munsi, igipimo cyerekanye ko nahinduye virus ya corona ubusa. Ndetse n’igipimo cyo ku wa gatatu ushize cyagagaragaje ko maze gukira . Icyubahiro nicyuwiteka Imana yaremye ijuru nisi.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.