Aba komanda b’Ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Afrika y’iburasirazuba (EAC) bari mu Rwanda aho bitabiriye ibiganiro bitegura amasomo ahuriwe nabasirikare bagize ib’ihugu bya EAC. Namasomo yahawe izina “Ushirikiano Imara.”
Ibi biganiro biteganijwe ko bizamara iminsi itatu, bikaba biri kubera mu ishuri rikuru rya gisirikare riherereye i Nyakinama mu karere ka Musanze.
Nibiganiro byatangiye kuruyu wakane(4) tariki 15, zukwezi kwa Gatandatu, umwaka Wa 2023. Byitabiriwe nabasirikare bakuru mungabo z’u Rwanda, u Burundi, Uganda, TanzaniaKenya ndetse na Sudani y’Epfo.
Colonel William Rusodoka, womungabo zu Burundi, niwe waje ahagarariye Umunyamabanga Mukuru wa EAC muri iyi nama, yasobanuriye abofisiye ko intego nyamukuru y’iyi myitozo, ari yo gutegura ibihugu bigize uyu muryango kuba byahangana n’ikibazo cyatungurana ndetse no kuzamura ubufatanye hagati y’ingabo.
Umugaba wungirije w’Inkeragutabara mu Rwanda, Major General Kagame Andrew, uzayobora iyi myitozo, yijeje aba bofisiye ko iki gihugu kizakora ibishoboka mu nshingano zacyo kugira ngo iyo myitozo izagende neza.
Abandi bofisiye bitabiriye iyi nama barimo: Brig. Gen. Julius Gambosi uyobora ingabo za Uganda zaje muri iyi myitozo, Brig. Gen. Richard Karemire wabaye Umuvugizi w’ingabo za Uganda, Brig. Gen. Matur Dharuai Yor, Brig. Gen. Anchilla Kagombola, Col. Caple Mwezi Karangwa na Lt Col.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.