President Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko yiteguye guhangana n’ingaruka izarizo zose zitegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina aherutse gusinyira muri Uganda.
President wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, aheruka gusinya kubyiri tegeko ryabaryamana bahuje ibitsina ko bitemewe mugihugu cye tariki 29.05.2023.
Nyuma amaze kubisinyira nibwo Ibihugu bikomakomeye kw’Isi harimo na Leta zunze Ubumwe Z’America, bahise batangira kumutunga agatoki arinako bashiraho itera bwoba dore ko arinabwo bashiriyeho ibihano bamwe mu bayobozi bo muri Uganda harimo nukuriye Inteko ishinga amategeko.
Na mbere y’uko President Museveni, arisinyira iritegeko, mugihe abagize inteko ishinga amategeko bo muri Uganda bari bamaze kwemeza ko abaryamana bahuje ibitsina muri Uganda batemerewe kubikora muri ki gihugu. Ubwo nibwo Igihugu cya USA nibindi bihugu ndetse n’imiryango mpuzamahanga byasabye President Museveni kutabyemera ngo kuko ngo bibangamira Agateka kazinamuntu.
Nyuma yo kurisinya, Museveni yatangaje ko nta mpamvu n’imwe yatumye yisubira ku cyemezo yafashe, ahubwo ko yiteguye guhangana n’ingaruka zizakurikiraho.
Museveni yagize ati: “NRM ntiyigeze igira indimi ebyiri, ibyo twakubwira ku manywa ni byo twakubwira mu ijoro. Isinywa ry’itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina ryararangiye, nta muntu numwe uzaduhindura. Dukwiye kwitegura intambara. Mwibuke ko intambara atari iy’aboroheje.”
President wa Uganda asanzwe asobanura ko abaryamana bahuje ibitsina atari bazima, bityo ko ibihugu nka USA bidakwiye kwemeza igihugu ayoboye ko kibemerera kwanduza abandi benegihugu uburwayi bwabo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.