Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 30.05.2023, saa 12:50pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Umuryango mpuzamahanga uharanira agateka kazina muntu kw’Isi (Human Rights Watch), urarega abategetsi ba Republika ya Demokarasi ya Congo (RDC), kutubahiriza agateka kazina muntu muriki gihugu, nimugihe murico gihugu ubutegetsi bwari buheruka gukumira abigiragambya bakoresheje imbaraga zumurengera.
Ahagana tariki 20.05.2023, abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, bakoze imyigaragambyo, muribimwe bamaganaga harimo ko amatora ategurwa muri RDC yumukuru w’Igihugu ateganywa kuba tariki 20.12.2023, ko arimo ategurwa muburyo bitako bufufitse.
Human Rights Watch, ikavuga ko ubutegetsi bwa Kinshasa ko bwashishikarije aba polisi gukoresha imbaraga zumurengera igihe barimo bagerageza guhagarika abari muri yo myigaragambyo, kuriyo nshuro ho President Tshisekedi we yafashe ijambo maze ashimira umuyobozi wa polisi waruhagarariye aba polisi guhagarika iyo myigaragambyo.
Mubyo President Félix Tshisekedi, yavuze yagize ati: “Ndashimira Colonel wa Polisi waruyoboye aba polisi bahagaritse imyigaragambyo, aha werekanye ubunyamwuga wakoze akazi neza.”
Muguhagarika imyigaragambyo, aba polisi bakoresheje imbunda nimipanga ndetse namahiri ibi byose barabikoresheje.
Naho kumunsi w’ejo hashize tariki 29.05.2023, uwiyita Col Makikizo, wo mwitsinda rya Wazalendo, ariryo huriro rya Maï Maï, bazwiho gukorana byahafi n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Col Makikizo akaba yariciwe muri Groupement ya Bukombo, yishwe arashwe nabasirikare bagenzi be.
Uwatanze iyinkuru Kuri Minembwe Capital News, yagize ati: “Uwo mu colonel wabazelendo ejo hashize tariki 29/05/2023 yaguye muri ambush yabagenzi be muri Groupement ya bukombo.”
Aha akaba ari muntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Colonel Makikizo, akaba yarapfanye nabasirikare be babiri nkuko iyinkuru ikomeza ibivuga.
Kugeza ubu itsinda rya Wazalendo haravugwa mo amakimbirane gusa bivugwa ko mubyo bapfa harimo nifaranga ariko Amakuru yizewe agera Kuri Minembwe Capital News, nuko bo bataratangira guhembwa neza na leta ya Kinshasa leta igenda ibanyurizamo ibijanye nokurya gusa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.