Kuruyu munsi numunsi w’ingabo za ONU zishinzwe kugarura amahoro kw’Isi.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 29.05.2023, saa 10:07am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (ONU) Antonio Guterres yatangaje ko mu myaka 75 ishize ONU yatangiye kohereza ingabo zayo kugarura amahoro mubihugu bitandukanye akemeza ko iz’ingabo “zafashije ibihugu guca mu nzira ikomeye iva mu ntambara igana ku mahoro”.
Gusa bamwe mu bavuye mu byabo nko mu burasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo siko babibona, kuko banenga ingabo za ONU zihamaze imyaka igera kuri 25, izingabo zishinjwa kutagira umusaruro mwiza batanga.
Buri mwaka tariki 29.05.2023, ni umunsi mpuzamahanga wagenewe ingabo za ONU ziri mu butumwa bwo kungarura amahoro ku isi.
Kugarura amahoro ahari intambara nizo Inshingano n’ibyo izi ngabo ziba zemerewe gukora mu butumwa bwazo ni bimwe mu bigibwaho impaka, ndetse bamwe bavuga ko izingobo gutanga umusaruro kwazo byabaye “ndanze”!!.
Mu butumwa bugenewe uyu munsi Guterres yatanze yagize ati: “Mu kugera ku ntego yabo, benshi muri izi ngabo batanze ikiguzi cy’ikirenga. Abarenga 4,200 barapfuye bari muri aka kazi k’Umuryango w’Abibumbye”.
Muri iki gihe ingabo zirenga 87,000 zikomoka mu bihugu 125 ziri mu butumwa bwa ONU. Guterres avuga ko “Bahura n’ibikorwa byokugarura amahoro bigenda buhoro hamwe n’amakimbirane yahato nahato ava kumoko”.
MONUSCO yo ivuga ko yateye intambwe mu kugarura umutekano mu bice by’uburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.
Ibibazo bikomeye biracyaboneka mu ntara za Kivu ya Ruguru na Ituri, aho izi ngabo zifite mu nshingano kurinda abasivile no gufasha ingabo za leta ya Kinshasa (Fardc), kurwanya imitwe yitwaje intwaro. Gusa izingabo zinengwa kudatanga umusaruro.
Antonio Guterres we avuga ko ingabo za ONU aho ziri mu butumwa butandukanye zigira uruhare rukomeye mu kurengera abasivile mu ntambara. Ati: “ku bantu bari mu ntambara izi ngabo zirabarengera zikabafasha muribyinshi”.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.