Igihugu cu Bushinwa, catanze inkunga ingana n’a 1millioni yamafaranga yama Dorali, agenewe gufasha abagize ingaruka zogusenyerwa n’imyuzure i Kalehe.
Amakuru mwateguriwe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 27.05.2023, saa 11:05Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Président Felix Tshisekedi, ari muruzinduko rwakazi mugihugu cu Bushinwa, aho biteganijwe ko azahamara iminsi ine.
Mururu ruzinduko nibwo iki gihugu cu Bushinwa cageneye Président wa Republika ya Democrasi ya Congo, inkunga yamafaranga angana na millioni imwe yamafaranga ya Amerika.
Ayamafaranga akaba agenewe gufasha abagize ingaruka zogusenyerwa n’imyuzure iheruka kuba muri Teritware ya Kalehe ho muntara ya Kivu yamajy’Epfo, ahanini muduce twa Nyamukubi na Bushusha.
Président Felix Tshisekedi, yakoze uru rugendo mugihe iki gihugu cye, kivugwa ho kugura indege z’intambara icenda(9), zomubwoko bwa CH-4, izindege bikaba biteganijwe ko zizagera i Kinshasa, mubihe bitandukanye zitatu zikaba zimaze kugera i Kinshasa, izindi izanyuma zikazahagera mumpera z’umwaka uyu wabibiri na makumyabiri nagatatu(2023).
Mugihe leta ya Republika ya Democrasi ya Congo (RDC), ikomeje kugura imbunda zikomeye zoguhangana numutwe w’itwaje intwaro wa M23 urwanira uburenganzira bwabo nababo, Abantu benshi bari baribaza ku byo M23 yaba ihugiyemo mu gihe Président Tshisekedi we akomeje kuzenguruka amahanga, atabariza igihugu cye gutabarwa, ari nako igisirikare cye gikomeza kugura ibitwaro.
Aharero niho M23 ibinyujije ku muvugizi wayo wungirije wa politiki, Canisius Munyarugero, yatangarije itangaza makuru ko ibyo RDC irigukora ntacyo bivuze kuko imbunda FARDC igura bizarangira zibaye ibikoresho bya bagize ingabo za M23 irwanira muburasirazuba bw’iki gihugu.
Kanisius ,yongeyeho ko Leta ya RDC niyanga imishyikirano, M23 izaguma aho iri, kandi byose nibinanirana, ubwigenge bwa Kivu buzabaho.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.