Président Félix Tshisekedi, wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yaganiriye nabanyekongo baba mu Bushinwa.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 25.05.2023, saa 7:45pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Nikuruyu wakane(4), Président Félix Tshisekedi, yerekeje i Beijing mu murwa mukuru w’u Bushinwa, mu ruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi ine(4) muri iki gihugu cyo ku mugabane wa Aziya.
Akimara kugera muriki gihugu yakoranye ikiganiro nabanyekongo baba muriki gihugu, uyu mukuru w’Igihugu cya Congo ubwo yaganiraga n’abanyekongo batuye mugihugu cu Bushinwa, yababwiye ko icyatumye abahuriza hamwe ari ukubabwira ibibazo byugarije igihugu cye ababwirako ibi bibazo bikomeje “Kumushusha umutwe.”
Yagize ati: “Ndagira ngo mbaganirize ku byerekeye ibibazo bidushengura imitwe. Ni ikibazo cy’igitero cyatwibasiye. Igitero cy’ubugwari n’ubugome cy’u Rwanda n’umuyobozi warwo, Paul Kagame.”
Tshisekedi yavuze ko Président Kagame yeruye akavuga impamvu yahisemo guhungabanya uburasirazuba bwa Congo mu buryo buhoraho.
Yunzemo ati: “ibirenze kwinuba, muri iki gihe twahisemo gukora kandi tugakorana ubwenge. Twirinze gusubiza mu buryo bwihuse bwari kubaha amahirwe yo kwirirwa bigaragaza nk’abagizweho ingaruka n’urwango ndetse n’ubugome.”
Président Felix Tshisekedi, akaba yitwaje Igihugu c’u Rwanda mukwamamaza ko ibibazo bihanze uburasirazuba bw’iki gihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, bitegwa na leta ya Kigali.
Subwambere abayobozi ba RDC bavuga nabi Igihugu c’u Rwanda dore ko n’a Lt Gen Ndima Constant, wari uhagarariye intara ya Kivu y’Amajyaruguru aheruka kuvuga ko leta ya Kigali kwariyo yatumye atabasha kuyobora neza ngwageze abaturage kumahoro arambye.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.