Mu burasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo(Eastern DRC), mu mpera z’icyumweru gishize, habaye ibirori byo gusetsa.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 16.05.2023, saa 8:10 Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Ibirori byo gusetsa byabereye muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, mumujyi wa Goma, ibi birori byahuje abakora ibikorwa byo Gusetsa bakaba bari baturutse mukarere kibiyaga bigari, Rwanda Burundi nomubice bitandukanye bya Congo Kinshasa.
Nkuko ayamakuru yatanzwe na RFI, bavuze ko ibirori byo gusetsa, byari bigamije kugira ngo bakoreshe ibitwenge hagamije gufasha kwamamaza amahoro no gutuma abaturage batuye iburasirazuba bw’igihugu ca Congo Kinshasa, bibagirwa Ibibazo by’Intambara mugihigu cya bo nokwibagigwa imibabaro yose bakomeje kubona mubihe bitandukanye.
Tubibutsa ko Intambara Zurudaca muburasirazuba bw’ikigihugu, zimaze imyaka irenga 20, zikaba zaratangiye ahagana mumwaka wa 1996 kugeza uyumunsi.
Ikindi nuko iki gihugu cya Republika ya Demokarasi ya Congo, kibarizwamo inyeshamba zimbere mugihugu ninyeshamba zaturutse mubindi bihugu nka FDLR ikomoka mugihugu cu Rwanda, Red Tabara ikomoka mugihugu cu Burundi ndetse na ADF NARU, ikomoka mugihugu ca Uganda, nindi mitwe nka Fnl ya Nzabampema.
Ibi baye mugihe Kandi Komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora muriki gihugu ca RDC, yatangije uburyo bwo gukora igenzura ry’igitabo cyamatora hakoreshejwe abayobozi benshi bo mu bigo byo hanze bikazatangira mbere yuko amatora nyirizina akorwa. Akaba ateganywa kuba tariki 20.12.2023.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.