Nyabibwe, umwana wumukobwa yafashwe kungufu ninyeshamba zomumutwe wa Nyatura ukorana byahafi n’ingabo za FARDC.
Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 13.05.2023, saa 11:55am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Byabaye ahagana mumasaha yakare, mugitondo cokuruyu wagatandatu, ubwo bamwe bo mumutwe w’itwaje Intwaro w’inyeshamba wa Mai Mai Nyatura, uzwiho gukorana byahafi n’ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo (FARDC), bivugwa ko bafashe umwana wumukobwa kungufu bamuhaye i faranga, mugace ka Nyabibwe.
Byavuzwe ko ibi byabereye hafi nomuri Centre ya Nyabibwe ho muntara ya Kivu yamajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo (RDC), nkuko ayamakuru agera kuri MCN tuyakesha bamwe mubaturiye ako gace.
Bagize bati: “Umwana wumukobwa yari yerekeje gutasha inkwi zogucana ageze hirya yumuhana ahura na Mai Mai Nyatura, bamuha amafaranga angana 60.000FC, barangije baramusambanya aribenshi umwana arangirika, ubu yajanwe kwa muganga.”
Uwo mwana wumukobwa yari mukigero c’imyaka irimunsi yacumi nitanu(15), gusa ibi Mai Mai Nyatura, irabihakana ikavuga ko byakozwe nabamwe bagize umutwe w’inyeshamba wa FDLR.
Harandi makuru avuga ko abo mumutwe w’itwaje Intwaro wa FDLR, bari ikivange igihe bacagaho mugihe bari bageze mugace ka Nyabibwe, aho uwomwana wumukobwa yafatiwe kungufu uwatanze ayamakuru yavuze ko ari nko 3km na Centre ya Nyabibwe.
Iyimitwe y’inyeshamba ya FDLR na Nyatura, bakorana byahafi n’ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo, mukurwanya ingabo za M23, Muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo.
Nikenshi byagiye bivugwa ko kuvaho leta ya Kinshasa, yiyegereje inyeshamba zo mumutwe wa Mai Mai Nyatura nabandi nka Wazalendo, ibibi byarushijeho kwiyongera muri Kivu yamajyaruguru.
Nimugihe izinyeshamba zishinjwa kw’iba Inka zabo mubwoko bwa Tutsi, kwica ndetse nubundi bugizi bwanabi harimo nogufata kungufu abigitsina gore, ibi Kandi biri nomuri raporo yimpuguke zumuryango wa Bibumbye, aho baheruka gutangaza ko guhohotera igitsina gore byakomeje gufata intera Muburasirazuba bwa RDC.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.