Adolphe Muzito, wahoze ari Ministre wambere muri Republika ya democrasi ya Congo (RDC), we ngwabonako Igihugu ce kigomba gushora intambara kugihugu cigituranyi(Urwanda).
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 24.04.2023, saa 1:50 PM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Adolphe Muzito, umugabo wahoze ari Umuyobozi wikirenga muri Congo Kinshasa, akaba numwe muba kandida biteguriye guhatanira umwanya wa Président muriki gihugu, mumatora ateganijwe kuba mukwezi kwa 12, uyumwaka wa 2023, yakoranye ikiganiro na TV5 Monde Afrique, yatanze ikiganiro adafite nizo kumaso(Isoni), maze avuga ko igihugu cye gikwiye gushoza intambara yeruye ku Rwanda.
Muzito, avuga kandi ko iki cyemezo cyaba arisimusiga kugira ngo harangizwe ihohoterwa rikomeje kubera mu burasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo (RDC), no kurwanya uruhare rw’u Rwanda ku mutwe witwaje intwaro wa M23, ashinja kuba ushyigikiwe na leta ya Kigali.
Uyumugabo yakomeje avuga ko Igihugu c’Urwanda cumva gusa ururimi rw’ingufu kandi ko bidashoboka gushyikirana n’iki gihugu mu gihe rukomeje gutera inkunga imitwe yitwaje intwaro muri Congo.
Yavuze kandi ku kamaro ko guhangana n’ibigo byinshi by’abanyamahanga, nk’uko abitangaza ngo byitwaza ihungabana ry’umutekano kugira ngo bicukure mu buryo butemewe amabuye y’agaciro muri RDC.
Yagize ati “ Dutekereza ko tugomba kurwana n’u Rwanda. Kandi tugiye guporofita iki gihe ingabo z’akarere ziri kuri terrain…kugirango tubashe kwitegura intambara…”
Ibi rero ngo bishobora gukurura kunengwa no guhangayikishwa n’uko umwuka warushaho kuba mubi mu karere. Ingaruka z’ubutabazi n’ubukungu zaterwa n’amakimbirane afunguye n’u Rwanda zishobora kuba mbi ku bihugu byombi, ndetse no ku baturanyi babyo.
Nubwo bimeze bityo ariko, amagambo ya Muzito agaragaza uburakari no gushaka kugira igikorwa byihutirwa biri mu mitwe y’Abanyapolitiki benshi bo muri Congo ku kijyanye n’ibibazo by’umutekano n’ubukungu bikomeje kwibasira uburasirazuba bw’igihugu.
Gusa ibi abivuze mugihe ingabo za EACRF ziyobowe n’a Gen Jeff Nyagah, zigize igihe kingana namayinga abiri zivuga ko muburasirazuba bwa Congo Kinshasa, hamaze kugaruka agahenge kamahoro nyuma yuko ingabo za M23 zitanze ibice byinshi bagenzura bija mumaboko y’Ingabo za EAC zirimubutumwa bwamahoro zomubihugu biri mumuryango wa AFrica y’iburasirazuba (EAC).
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
free online casino real money casino games online real
money mobile gambeling free online casino win real money
nline casinos online casino real money paypal casino online for real money online slots real money free bonus
casino online site real money casino games online online casino usa casino