Abaturage bo mubice biri muri Teritware ya Masisi babayeho mubuzima bwo gushidikanya nyuma yuko M23, iviriye muribyo bice.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 22.04.2023, saa 2:21 PM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru Minembwe Capital News, ikesha abaturage baturiye akarere ka Masisi nuko ubuzima babayemo ari ubuzima budafite Umutekano mwiza nyuma yuko M23 iviriye mubice biherereye murako gace.
Inyeshyamba za M23 zasabwe kuva mu turere zari zarigaruriye mubice byo mu burasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo (RDC), hakurikijwe amasezerano ya Luanda homuri Angola maze zigashyikiriza ibyo bice ingabo ziri mubutumwa bw’umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba(EAC).
N’ubwo ingamba zamaze gufatwa zuko Ingabo za M23 ziva mubice zari zarigaruriye, abaturage bamwe bumva ko inyeshyamba za M23 arizo zibaha amahoro muri Teritware ya Masisi, abandi baturage bo babona iyigahunda yokuvana M23 aho yari yarigaruriy igenda gahoro gahoro kuruta uko byaribyitezwe.
Umwe waganiraga na Minembwe Capital News, yagize ati : “Hano, inyeshyamba za M23 nizo ziduha amahoro ariko iyo M23 idahari umutwe wa FDLR ifatanije na leta ya Kinshasa, bafata ku ngufu, abagore ikindi barica akaba aribyo bituma abantu bahunga.”
Agace gakunzwe kurangwamo urwo rugomo hari ahitwa Mushaki.
Uwaganiraga na Minembwe Capital News, yakomeje avuga ati: “Kuvaho M23 iviriye mubice biherereye muri Masisi, bamwe mu baturage bahunze ingo zabo kubera gutinya kwibasirwa n’imitwe y’inyeshyamba irimo FDLR, gusa kubera ingabo za EACRF, abaturage batangiye gusubira mu ngo zabo.
Abasirikare bari mumuryango w’ibihugu by’Afrika y’iburasirazuba, bijeje abaturage bo muri utwo turere kubarindira umutekano, ibi bibaye mugihe intambara isa nihagaze ho nyuma yuko habaye amasezerano yoguhagarika intambara kumpande zihanganye muburasirazuba bw’iki gihugu.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.